• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Doha hari kubera ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
August 27, 2025
in Regional Politics
0
I Doha hari kubera ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Doha hari kubera ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Intumwa za AFC/M23 n’iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ziri kuganira kumeza imwe mu biganiro biri kubera i Doha muri Qatar.

Mu cyumweru gishize ahagana mu mu ntangiriro zacyo, nibwo Qatar yakiriye ibiganiro bishya bigamije gushakira impande zishyamiranye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, AFC/M23 na Leta y’iki gihugu ari yo ya Kinshasa.

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga wa Qatar yemeje ko ku wa kabiri intumwa za AFC/M23 n’iza leta y’i Kinshasa zageze muri iki gihugu kugira ngo zisubukure ibiganiro.

Avuga ko ibi biganiro bizibanda cyane kumbanzirizamushinga y’amahoro yumvikanyweho mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka hagati y’u Rwanda na RDC.

Yakomeje avuga ko mu biganiro bishya byibanda cyane ku buryo bwajyaho mu rwego rwo kugenzura ko agahenge ko guhagarika imirwano kubahirizwa, ndetse no guhererekanya imfungwa.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa we, yari aheruka gutangaza ko bazasaba guhagarika imirwano, ndetse no guhabwa imfungwa nk’uko ngo byemejwe mu masezerano yasinywe, kandi ibyo ngo mu gihe bitokorwa n’ibindi byose bizahite bihagarara.

Qatar ivuga ko ibi biganiro biri kubera i Doha biyobowe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’umuryango mpuzamahaga wita kumbabare wa Red-cross.

Kimwe mu bitangazamakuru mpuzamahanga cya RFI cyatangaje ko cyabonye inyandiko isobanura ibizaganirwaho muri ibi biganiro by’i Doha, ngo zivuga ko bazarebera hamwe mu gushyinga igisirikare kitagira aho kibogamiye, kandi kikazagenzura uduce AFC/M23 yigaruriye, mu rwego rwo kuhasubiza ubutegetsi bwa Leta.

Ibi bigafatwa nk’ikintu gikaze, kuko AFC/m23 yo ubwayo yagiye isaba ko yahayobora mu gihe cy’imyaka umunani cyangwa irenga, bigakorwa muri gahunda yo kugerageza Leta Yunze ubumwe bwa Congo. Muri icyo gihe intara zo mu Burasirazuba bw’iki gihugu zikaba zifite uburenganzira busesuye bwo gukora ibiziteza imbere.

Gusa, ibyo Leta y’i Kinshasa ntibikozwa, ahubwo ibirwanyiriza kure kuko ibyita “balkanisation.”

Tags: AFC/m23DohaibiganiroRdc
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?