• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Doha hari kubera ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 27, 2025
in Regional Politics
0
I Doha hari kubera ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Doha hari kubera ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

You might also like

Perezida Kagame yavuze kuby’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

Intumwa za AFC/M23 n’iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ziri kuganira kumeza imwe mu biganiro biri kubera i Doha muri Qatar.

Mu cyumweru gishize ahagana mu mu ntangiriro zacyo, nibwo Qatar yakiriye ibiganiro bishya bigamije gushakira impande zishyamiranye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, AFC/M23 na Leta y’iki gihugu ari yo ya Kinshasa.

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga wa Qatar yemeje ko ku wa kabiri intumwa za AFC/M23 n’iza leta y’i Kinshasa zageze muri iki gihugu kugira ngo zisubukure ibiganiro.

Avuga ko ibi biganiro bizibanda cyane kumbanzirizamushinga y’amahoro yumvikanyweho mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka hagati y’u Rwanda na RDC.

Yakomeje avuga ko mu biganiro bishya byibanda cyane ku buryo bwajyaho mu rwego rwo kugenzura ko agahenge ko guhagarika imirwano kubahirizwa, ndetse no guhererekanya imfungwa.

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa we, yari aheruka gutangaza ko bazasaba guhagarika imirwano, ndetse no guhabwa imfungwa nk’uko ngo byemejwe mu masezerano yasinywe, kandi ibyo ngo mu gihe bitokorwa n’ibindi byose bizahite bihagarara.

Qatar ivuga ko ibi biganiro biri kubera i Doha biyobowe na Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’umuryango mpuzamahaga wita kumbabare wa Red-cross.

Kimwe mu bitangazamakuru mpuzamahanga cya RFI cyatangaje ko cyabonye inyandiko isobanura ibizaganirwaho muri ibi biganiro by’i Doha, ngo zivuga ko bazarebera hamwe mu gushyinga igisirikare kitagira aho kibogamiye, kandi kikazagenzura uduce AFC/M23 yigaruriye, mu rwego rwo kuhasubiza ubutegetsi bwa Leta.

Ibi bigafatwa nk’ikintu gikaze, kuko AFC/m23 yo ubwayo yagiye isaba ko yahayobora mu gihe cy’imyaka umunani cyangwa irenga, bigakorwa muri gahunda yo kugerageza Leta Yunze ubumwe bwa Congo. Muri icyo gihe intara zo mu Burasirazuba bw’iki gihugu zikaba zifite uburenganzira busesuye bwo gukora ibiziteza imbere.

Gusa, ibyo Leta y’i Kinshasa ntibikozwa, ahubwo ibirwanyiriza kure kuko ibyita “balkanisation.”

Tags: AFC/m23DohaibiganiroRdc
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yavuze kuby’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
Perezida Kagame yavuze kuby’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC.

Perezida Kagame yavuze kuby'ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko nubwo ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryagerageje kugarura amahoro...

Read moreDetails

U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
U Burundi bwongeye kuvuga iby’umubano warwo n’u Rwanda burutega n’iminsi.

U Burundi bwongeye kuvuga iby'umubano warwo n'u Rwanda burutega n'iminsi. Reverien Ndikuriyo, umunyamabanga mukuru w'i shyaka riri ku butegetsi mu Burundi rya CNDD-FDD, yatangaje ko u Burundi butazabana...

Read moreDetails

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y'i Kinshasa. Mu gihe byari byitezwe ko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gitangira kurwanya umutwe wa FDLR byo ku wurandura,...

Read moreDetails

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw’iki gihugu butapfa kuzamuka.

Uyoboye Banki nkuru ya RDC yavuze impamvu ubukungu bw'iki gihugu butapfa kuzamuka. André Wameso uyoboye Banki nkuru ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yasobanuye ko iterambere ry'iki gihugu...

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails
Next Post
Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Umunye-Congo Wissa yavuze impamvu yifuza gukomereza mu yindi kipe.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?