Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I gihugu c’u Rwanda, cashizwe k’umwanya wa Kane mu bihugu bifite abaturage ba bayeho neza muri Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihugu c’u Rwanda cyaje k’u mwanya wa kane mu bihugu bifite abaturage ba bayeho neza ku mu gabane w’ Afrika (Best quality of life). Ibi byatangajwe n’Urubuga “Monkey Insider,” rukaba rusanzwe rusesengura amakuru ajanye n’ubutunzi hirya no hino kw’isi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ruriya Rubuga ruvuga ko kugira bakore ru riya rutonde bifashishije raporo za vuba z’amashirahamwe Mpuzamahanga ajanye n’ iby’ubutunzi n’iterambere aho batanze urugero rwa raporo iheruka gushirwa hanze na Bank y’isi, FMI, BAD, PNUD.

Mu kubikora bashingiye kubintu bitatu(3), kugira ngo ibihugu bihabwe amanota, ikintu cyambere bashingiraho ba banza kureba ibijanye nuko abaturage bu batse niba bafite ubushobozi (Human development index), aha nikubijanye n’iterambere ry’ubuvuzi mu gihugu, indero, icyizere co kubaho ku baturage hamwe n’imigambi rero igamije guteza imbere imibereho myiza yabo.

Icya kabiri bareba ibijanye n’ubutunzi n’ubwisanzure bwo gukora ubucuruzi mu gihugu, amategeko n’ibindi byoroshya ubucuruzi.

Icya Gatatu, bareba ibijanye n’imigambi myiza yashizweho ireba cyane uko abakozi ba Leta bafatwa, ishirwaho ry’amategeko hamwe na politike zitandukanye n’uburyo Leta ishira inguvu mu guharanira ko byubahirizwa.

Nyuma yo kureba ibyo byose, k’u rutonde rw’ibihugu 12 byagaragaye ko bifite abaturage babyo babayeho neza muri afrika, Igihugu c’u Rwanda cyaje ku mwanya wa kane. Ku mwanya wa mbere muri icyo cyegeranyo, haje ikirwa ca Maurice, Umwanya wa kabiri haje Botswana, Seychelles iza ubwa gatatu naho Namibia ikaza ku mwanya wa gatanu.

Bruce Bahanda.

Tags: Cashizwe k'umwanya wa KaneI gihugu c'u RwandaMu bihugu bifite abaturage ba bayeho neza ku mugabane w'Afrika
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Idini Katolika muri RDC , ritangaza ko ntakimenyetso na kimwe kirabereka ko Amatora azagenda neza yo kw'itariki 20/12/2023.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?