Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

I Gisenyi mu Rwanda, Abakirisitu bo mu itorero rya Blessing Church, bagiye gusenga basubira iwabo badasenze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2024
in Religion
0
I Gisenyi mu Rwanda, Abakirisitu bo mu itorero rya Blessing Church, bagiye gusenga basubira iwabo badasenze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakirisitu bo mu itorero rya Blessing Church, ejo hashize, bagiye gusenga, basubira iwabo badasenze.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni byabaye ku Cyumweru, tariki ya 10/03/2024, ubwo aba bakirisitu berekeza ga kurusengero, gusenga nk’uko bisanzwe, bagezeyo bahurirana n’ubuyobozi bw’u murenge n’apolisi y’igihugu cy’u Rwanda baje gufunga urusengero rwabo, nk’uko bamwe mu bakirisitu biri torero ba bwiye Minembwe Capital News.

Bavuze ko urusengero rwa Blessing Church, rw’u batse neza mu gace ka Mbugangari, ha herereye mu murenge wa Gisenyi, ho muri district ya Rubavu, mu gihugu cy’u Rwanda.

Mu butumwa bwanditse Minembwe Capital News yahawe n’abamwe mu bakirisitu biri torero, buvuga ko “mu buyobozi bukuru bw’itorero havutse imvururu, zishingiye ku buyobozi.”

Ibi bikaba byara tumye haba uguhangana no gusubiranamo hagati mu bayobozi, ndetse biza no kugera mu bakirisitu bagize iri torero.

Ay’amakuru akomeza avuga ko “itorero rya Blessing Church,” ko ryatangijwe na pasiteri Kiraga, uvuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma, amaze kuritangira yaje kwimuka agana muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Bya vuzwe ko ubwo Kiraga yerekezaga mu gihugu cya U.S.A, itorero ryasigaye riyobowe na pasiteri Rukamirwa S Mackeen, nawe ukomoka mu gihugu cya RDC.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Kiraga, n’ubwo yari yamaze kugera Amerika, yashatse gukomeza kuba umuyobozi mukuru w’i torero Blessing Church, abaribyo bivukamo intandaro y’amakimbirane, aho binavugwa ko polisi y’u Rwanda yaje gufunga iri torero mu gihe abayoboke bari basigaye barwana, hagati ya bashigikiye Kiraga na Rukamirwa.

Ibyo byo kurwana byabaye mu Cyumweru gishize.

          MCN.
Tags: AbakirisituBasubiye iwabo badasenzeBlessing ChurchGisenyiKiragaRwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Brig Gen, uyoboye ingabo za FARDC mu Bijombo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahamagajwe i Bukavu, igitaraganya.

Brig Gen, uyoboye ingabo za FARDC mu Bijombo, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, yahamagajwe i Bukavu, igitaraganya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?