Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

I Gisenyi mu Rwanda, Abakirisitu bo mu itorero rya Blessing Church, bagiye gusenga basubira iwabo badasenze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2024
in Religion
0
I Gisenyi mu Rwanda, Abakirisitu bo mu itorero rya Blessing Church, bagiye gusenga basubira iwabo badasenze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakirisitu bo mu itorero rya Blessing Church, ejo hashize, bagiye gusenga, basubira iwabo badasenze.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni byabaye ku Cyumweru, tariki ya 10/03/2024, ubwo aba bakirisitu berekeza ga kurusengero, gusenga nk’uko bisanzwe, bagezeyo bahurirana n’ubuyobozi bw’u murenge n’apolisi y’igihugu cy’u Rwanda baje gufunga urusengero rwabo, nk’uko bamwe mu bakirisitu biri torero ba bwiye Minembwe Capital News.

Bavuze ko urusengero rwa Blessing Church, rw’u batse neza mu gace ka Mbugangari, ha herereye mu murenge wa Gisenyi, ho muri district ya Rubavu, mu gihugu cy’u Rwanda.

Mu butumwa bwanditse Minembwe Capital News yahawe n’abamwe mu bakirisitu biri torero, buvuga ko “mu buyobozi bukuru bw’itorero havutse imvururu, zishingiye ku buyobozi.”

Ibi bikaba byara tumye haba uguhangana no gusubiranamo hagati mu bayobozi, ndetse biza no kugera mu bakirisitu bagize iri torero.

Ay’amakuru akomeza avuga ko “itorero rya Blessing Church,” ko ryatangijwe na pasiteri Kiraga, uvuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma, amaze kuritangira yaje kwimuka agana muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Bya vuzwe ko ubwo Kiraga yerekezaga mu gihugu cya U.S.A, itorero ryasigaye riyobowe na pasiteri Rukamirwa S Mackeen, nawe ukomoka mu gihugu cya RDC.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Kiraga, n’ubwo yari yamaze kugera Amerika, yashatse gukomeza kuba umuyobozi mukuru w’i torero Blessing Church, abaribyo bivukamo intandaro y’amakimbirane, aho binavugwa ko polisi y’u Rwanda yaje gufunga iri torero mu gihe abayoboke bari basigaye barwana, hagati ya bashigikiye Kiraga na Rukamirwa.

Ibyo byo kurwana byabaye mu Cyumweru gishize.

          MCN.
Tags: AbakirisituBasubiye iwabo badasenzeBlessing ChurchGisenyiKiragaRwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Brig Gen, uyoboye ingabo za FARDC mu Bijombo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahamagajwe i Bukavu, igitaraganya.

Brig Gen, uyoboye ingabo za FARDC mu Bijombo, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, yahamagajwe i Bukavu, igitaraganya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?