• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2024
in World News
0
I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urubyiruko rwo mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwakoze imyigaragambyo yo kwamagana uguceceka kwa mahanga mu gihe muri ibi bice abasivile bicwa umunsi ku wundi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni imyigaragambyo irimo kubera mu mujyi rwagati wa Goma, aho abarimo kuyikora bitwaje ibyapa bikubiyemo ubutumwa benda guha ibihugu byo mu Burayi n’Amerika.

Ubutumwa bitwaje ku byapa bugira buti: “Abenegihugu baramagana uguceceka kw’amahanga ukurebera kwayo mu gihe ibyaha byo mu ntambara n’ibyaha byibasira inyoko muntu bikomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC.”

Mu butumwa bwa majwi aba bari mu myigaragabyo batanze bugira buti: “Nta bwo twumva impamvu abaturage bavanywe mu byabo batagira kirengera. Abaturage baricwa Umunsi ku wundi nka kurya kw’inyamanswa.”

Ahanini iyi myigaragabyo yakozwe kubera mu nkambi y’impunzi iri i Mugunga, ku itariki ya 03/05/2024 hishwe abantu 35 bicwa barashwe naho abagera ku 46 barakomereka. Ku ruhande rwa leta ubwo bwicanyi babushinja M23 mu gihe M23 nayo ibushinja ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa kuba ariryo ryateye biriya bisasu mu baturage.

Kimweho abaturiye iyo nkambi ya Muganga, bo ubwabo bahamije ko ibisasu byatewe i Mungunga ko byarashwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ni ubutumwa barimo batanga bakoresheje amajwi, bukaba bwaragiye bunyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga, harimo n’imbuga za Whatsapp.

          MCN.
Tags: GomaImyigaragambyoubwicanyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Amakosa icumi abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko.

Amakosa icumi abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?