• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
April 1, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abacuruzi bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa, basaba kugabanyirizwa imisoro.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni mu Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi banze gukingura amaduka basaba leta ya perezida Félix Tshisekedi ku bakuriraho imisoro aho bemeza ko leta ya yihanitse, nk’uko ba bibwiye igitaragazamakuru cya BBC.

Aba bashye kuganira na BBC bo muri abo bacuruzi bayibwiye ko bafashe icyemezo cyo kudafungura amaduka mu rwego rwo guhatira Guverinoma ya Kinshasa kugabanya imisoro.

Umwe muri abo bacuruzi wavuganye na BBC yagize ati: “Ubuyobozi bwamaze kumenya y’uko twafunze imiryango, turategereje hari igihe wenda nabo bari bugire icyo bakora. Natwe turakomeza kubotsa igitutu kugira ngo batwakire tube twavugana na Guverineri kugira arebe uko yatuvugira mu nzego zo hejuru.”

Aba bacuruzi bavuga kandi ko iyo misoro yakomeje kuzamuka mu gihe n’inshingano zabo zirushaho kwiyongera umunsi ku wundi biturutse ku kuba bamwe muri bo bafite imiryango yabahungiyeho iturutse mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru ndetse na Nyiragongo, ahakomeje kubera intambara ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ubundi kandi abacuruzi bavuga ko kubera intarambara ikomeje guca ibintu mu nkengero z’u Mujyi Goma, batakibona ababagurira ibicuruzwa, abahoraga ba bagurira kuri ubu bahindutse impunzi, ni mu gihe intambara yo muri ibyo bice igiye kumara igihe cy’imyaka itatu.

Bamwe mu nararibonye bemeza neza ko kuzamura imisoro byavuye ku ngingo yafashwe na Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru wenyine, ko kandi ibyo yabikoze azi neza ko u Mujyi wa Goma uzengurutswe na M23. Ibi bikaba biri mu byica abaturage kandi bafite n’intambara itaboroheye.

Bakavuga ko muri ibi bihe abaturage bugarijwe n’intambara ko yari kubadohorera.

Ku rundi ruhande aba bacuruzi bandikiye Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami, ibarua imusaba ko iyo misoro ihanitse yagabanywa kuko ngo yazamutse ku kigero kiri hejuru cyane, ugereranije n’ambere y’uko M23 itangiza intambara mu mwaka w’ 2021.

Ibiri muri ibyo barua bivuga biti: “Tuzakomeza gufunga amaduka yacu kugeza ubwo ibyo dusaba bizakorwa.”

Ibyo bibaye mu gihe M23 iheruka gutangaza ko vuba aha, igiye kwigarurira u Mujyi wa Goma, utuwe n’abaturage barenga miliyoni zibiri.

            MCN.
Tags: AbacuruziAmadukaGomaIgisa n'imyigaragambyoImisoroLeta ya Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w’intebe w’iki gihugu.

Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w'intebe w'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?