• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
April 1, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abacuruzi bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa, basaba kugabanyirizwa imisoro.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi banze gukingura amaduka basaba leta ya perezida Félix Tshisekedi ku bakuriraho imisoro aho bemeza ko leta ya yihanitse, nk’uko ba bibwiye igitaragazamakuru cya BBC.

Aba bashye kuganira na BBC bo muri abo bacuruzi bayibwiye ko bafashe icyemezo cyo kudafungura amaduka mu rwego rwo guhatira Guverinoma ya Kinshasa kugabanya imisoro.

Umwe muri abo bacuruzi wavuganye na BBC yagize ati: “Ubuyobozi bwamaze kumenya y’uko twafunze imiryango, turategereje hari igihe wenda nabo bari bugire icyo bakora. Natwe turakomeza kubotsa igitutu kugira ngo batwakire tube twavugana na Guverineri kugira arebe uko yatuvugira mu nzego zo hejuru.”

Aba bacuruzi bavuga kandi ko iyo misoro yakomeje kuzamuka mu gihe n’inshingano zabo zirushaho kwiyongera umunsi ku wundi biturutse ku kuba bamwe muri bo bafite imiryango yabahungiyeho iturutse mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru ndetse na Nyiragongo, ahakomeje kubera intambara ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ubundi kandi abacuruzi bavuga ko kubera intarambara ikomeje guca ibintu mu nkengero z’u Mujyi Goma, batakibona ababagurira ibicuruzwa, abahoraga ba bagurira kuri ubu bahindutse impunzi, ni mu gihe intambara yo muri ibyo bice igiye kumara igihe cy’imyaka itatu.

Bamwe mu nararibonye bemeza neza ko kuzamura imisoro byavuye ku ngingo yafashwe na Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru wenyine, ko kandi ibyo yabikoze azi neza ko u Mujyi wa Goma uzengurutswe na M23. Ibi bikaba biri mu byica abaturage kandi bafite n’intambara itaboroheye.

Bakavuga ko muri ibi bihe abaturage bugarijwe n’intambara ko yari kubadohorera.

Ku rundi ruhande aba bacuruzi bandikiye Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami, ibarua imusaba ko iyo misoro ihanitse yagabanywa kuko ngo yazamutse ku kigero kiri hejuru cyane, ugereranije n’ambere y’uko M23 itangiza intambara mu mwaka w’ 2021.

Ibiri muri ibyo barua bivuga biti: “Tuzakomeza gufunga amaduka yacu kugeza ubwo ibyo dusaba bizakorwa.”

Ibyo bibaye mu gihe M23 iheruka gutangaza ko vuba aha, igiye kwigarurira u Mujyi wa Goma, utuwe n’abaturage barenga miliyoni zibiri.

            MCN.
Tags: AbacuruziAmadukaGomaIgisa n'imyigaragambyoImisoroLeta ya Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w’intebe w’iki gihugu.

Muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, hitezwe impinduka nyuma yuko Tshisekedi agize Judith Suminwa Tuluka minisitiri w'intebe w'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?