Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bijejwe ko uwo Mujyi utazigera wigarurirwa na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 9, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bijejwe ko uwo Mujyi utazigera wigarurirwa na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe w’ungirije akaba na minisitiri w’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, y’ijeje abaturage baturiye Goma ko M23 itazafata uwo Mujyi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 09/02/2024, minisitiri Jean Pierre Bemba Gombo, yageze i Goma, aho yaje ari kumwe n’u mugaba mukuru w’ingabo z’igihugu cya Congo, Gen Christian Tshiwewe Songesa, bakimara kugera ku k’ibuga cy’indege cya Goma, bakiriwe na Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba ndetse n’abandi banyacyubahiro barimo Lt Gen Sikabwe Fall, ushinzwe operasiyo y’Ingabo za RDC muriy’i Ntara.

Minisitiri Jean Pierre Bemba, yaje gufata akanya abwira itangaza makuru ko igisirikare cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko kiri gukora ibishoboka byose kugira u Mujyi wa Goma, udafatwa na M23.

Yagize ati: “Ibintu byose birimo gukorwa kugira u Mujyi wa Goma, utagwa mu maboko ya banzi. Ingabo z’igihugu zirakora kandi ibishoboka byose kugira ngo zongere kwisubiza uturere twigaruriwe n’i ngabo za M23.”

Aba banyacyubahiro bageze i Goma, bavuye i Kinshasa. Nyuma y’uko bari bamaze kwa kirwa bakaganiriza n’ingabo za FARDC i Goma, baje no kwerekeza ahari abasirikare bakomerekeye ku rugamba.

Hafashwe n’amashusho agaragaza ko minisitiri w’ingabo za RDC ndetse n’u mugaba mukuru w’ingabo za Congo Kinshasa, ko basuye inkomeri zabo ziri kuvurirwa mu bitaro biherereye muri Quartier ya Ndosho, ku bitaro bya L’hopital CBCA.

Uruzinduko rwa Jean Pierre Bemba na Gen Christian Tshiwewe Songesa, nti biramenyekana iminsi baza mara i Goma. Gusa aba bayobozi bahageze mu gihe imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahanini iy’i mirwano ibera muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, kandi isatira igana mu Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: Bijejwe koBijejwe ko uwo Mujyi utazigera wigarurirwa na M23I Goma
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yemeje ko M23 yongeye guhanura drone y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umuvugizi wa M23, Lawrence Kanyuka, yemeje ko M23 yongeye guhanura drone y'ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?