Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’imiryango itandukanye kuri leta.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 26, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’imiryango itandukanye kuri leta.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu habaye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’abahagarariye imiryango itegamiye kuri leta.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni biganiro byabaye nyuma ya saa sita zo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 26/03/2024.

Byatangajwe n’abamwe mu bitabiriye ibyo biganiro bagize iyi miryango itegamiye kuri leta, uwitwa Carly Nzanzu, yavuze ko bahuye n’ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, baganira ku bibazo by’u mutekano w’abaturage ahanini bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Mu byari ku meza y’ibyigwa harimo kandi ikibazo cya Quartier ya Congo ya Sika, harimo ibibazo by’i Kasindi na Lubiriha.

Muri iyo Nama kandi baganiriye no ku mirwano ikomeje kubica bigacika muri teritware ya Nyiragongo, Masisi na Rutshuru. Aho ingabo za FARDC zikomeje gusaba abaturage gufatanya n’ingabo maze bakarwanya umwanzi wabo.

Ibyo bibaye mu gihe imirwano ikomeje kuja imbere hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iyi mirwano yazindutse ibera muri teritware ya Masisi, mu gace ka Nyange, Gatovu no mu nkengero zaho. Ni mu gihe kandi ku munsi w’ejo hashize mu nkengero za Sake hiriwe imirwano ikaze yasize M23 isubije abayigabyeho ibitero inyuma.

Kugeza ubu M23 iracyagenzura ibice byose yagiye yambura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

           MCN.
Tags: Abagize imiryango itegamiye kuri letaFardcI GomaIbiganiro bidasanzwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, bahora biba imishahara ya bagenzi babo bagejejwe imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, bahora biba imishahara ya bagenzi babo bagejejwe imbere y'urukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?