• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 25, 2025
in Conflict & Security
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

You might also like

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge.

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye ibitero mu duce turi mu nkengero z’umujyi wa Goma ndetse no muri uyu mujyi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka, aho yavuze ko kuri uyu wa mbere tariki ya 25/08/2025, ingabo zo ku ruhande rwa Leta zagabye ibitero mu duce dutuwe cyane twa Kibati, Munigi, Goma no mu bindi bihakikije.

Uyu muvugizi yavuze ko ibyo bitero byahitanye inzira karengane z’abasivili bane abandi batatu barakomereka bikabije.

Yanahamagariye imiryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwa muntu, kugaragaza ibi byaha byibasiye inyokomuntu biriho bikorwa n’ubutegetsi bw’iki gihugu.

Kanyuka yakomeje avuga ko nubwo ibiganiro by’i Doha muri Qatar byasinywemo amahame yo guhagarika imirwano, ariko ubutegetsi bw’i Kinshasa bwanze kubahiriza ibiyakubiyemo, nko kurekura imfungwa zagaragajwe n’iri huriro rya AFC/M23 bafunzwe bashinjwa kurishyigikira.

Avuga kandi ko ubu butegetsi bwakomeje no guta muri yombi no gukatira igihano cy’urupfu abiyemeje gushyigikira iri huriro rya AFC/M23 kuburyo bigeza n’aho bagambiriye kubikorera perezida Joseph Kabila wayoboye iki gihugu.

Ibi bitero Leta ibikoze mu gihe AFC/M23 yari iheruka gutanga impuruza ivuga ko iyi Leta iri gutegura intambara karundura.

Tags: GomaIbiteroInkengero
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira. Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo wo mu ngabo zishinzwe umutekano wa Komanda secteur wa Uvira muri...

Read moreDetails

Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge.

Akavuyo katejwe na Wazalendo i Uvira kateje impagarara ku Banyamulenge. Mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Wazalendo bakorera ubutegetsi...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC.

AFC/M23/MRDP yafashe umwanzuro ukakaye ku ba canshuro barwana ku ruhande rwa RDC. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryafashe icyemezo gishya ivuga ko itazongera kubabarira abacanshuro barwanirira ubutegetsi...

Read moreDetails

Abantu 14 barimo n’abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Abantu 14 barimo n’abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC.

Abantu 14 barimo n'abanyamahanga bakatiwe urwo gupfa muri RDC. Urukiko rukuru rw'igisirikare muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ruherereye i Beni muri Kivu y'Amajyaruguru, rwakatiye abantu 14 barimo...

Read moreDetails

Utundi duce dushya twi Tombwe twigaruriwe na AFC/M23/MRDP.

by Bruce Bahanda
August 24, 2025
0
Utundi duce dushya twi Tombwe twigaruriwe na AFC/M23/MRDP.

Utundi duce dushya twi Tombwe twigaruriwe na AFC/M23/MRDP. Nyuma yaho ku munsi w'ejo ku wa gatandatu tariki ya 23/08/2025, ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho bafashe uduce tugera...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?