Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma umutekano ukomeje kuzamba, iri joro ryakeye humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2024
in Regional Politics
0
I Goma umutekano ukomeje kuzamba, iri joro ryakeye humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma umutekano ukomeje kuzamba, iri joro ryakeye humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Hari igihe c’isaha ya saa tanu z’ijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13/07/2024, mu mujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, humvikanye urusaku rw’imbunda ndetse harimo n’iziremereye, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Ahanini uru rusaku rw’imbunda rw’umvikaniye muri Quartier ya Brésil no mu bice bigana i Mugunga, nk’uko byavuzwe ngo aho ayo masasu yarimo avugira neza ni agace gaherereye hafi n’ikanisa rya Jule.

Kugeza ubu ntakiramenyekana ku cyihishe inyuma yiryo rasa amasasu arimo n’imbunda za Mashin gun, ndetse n’izindi zitwa iza musaada.

Gusa muri ibi bice abujura bakunze ku hibasira cyane, kandi ahanini ubwo bujura bukorwa na Wazalendo.

Wazalendo bakora ibi bikorwa bigayitse by’ubujura nogukora iby’urugomo, mu gihe babarizwa mu huriro ry’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bakoze ibi mu gihe kandi ku wa Kane w’iki Cyumweru hari hafashwe abandi bajura bibye iby’abaturage barimo Wazalendo, igitangaje aho bari bibye basize bahishe umuntu wari washatse ku barwanya.

No kuri uyu wa Gatanu w’ejo hashize igihe c’isaha z’igitondo, hari abandi bajura bafatiwe mu mujyi wa Goma bafite n’imbunda nabo bakaba barimo Wazalendo.

Kuva Wazalendo batangira gukorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ntabwo bigeze bareka ibikorwa by’ubugome no guhonyora uburenganzira bwa muntu. Ariko baracyakomeje kuba iruhande rw’Ingabo za leta.

          MCN.
Tags: AbajuraAmasasuGoma
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.

Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n'abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?