• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, umuturage yishwe atewe amabuye, iruhande rw’Ingabo za RDC zibarirwa mu bihumbi amagana.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, umuturage yishwe atewe amabuye, iruhande rw’Ingabo za RDC zibarirwa mu bihumbi amagana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo wo mu bwoko bw’Abatutsi yiciwe i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 45 yishwe atewe amabuye azira ubwoko bwe Abatutsi.

Bya vuzwe ko uwishwe yiciwe muri Quartier ya Majengo, yo mu Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ay’amakuru ya nemejwe na bamwe mu baturage ba b’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abatutsi baturiye ibyo bice, aho bavuze ko bi babaje kubona abaturage bakomeza kwicwa bazira ubwoko bwabo.

Aba baturage bavuze kandi ko bitangaje kubona umuturage yicirwa mu Mujyi mugihe uy’u Mujyi wa Goma, uzengurutswe n’ingabo zirenga ibihumbi amagana, habarizwa ingabo za FARDC, SADC, Monusco ndetse na barwanyi bafasha ubutegetsi bwa Kinshasa ku rwanya M23, abo ni FDLR na Wazalendo.

Ay’amakuru akomeza avuga ko uwo muturage yishwe n’abandi baturage batari abo mu bwoko bw’Abatutsi, ubwo bamwicaga hari na Wazalendo. Mu buhamya bwatanzwe bavuze ko mbere y’uko ba mwica ba banjye ku mu kurubana hasi ari nako ba muteraga amabuye biza kurangira avuyemo umwuka.

Umwaka ushize w’2023, ahagana mu kwezi kwa Cyenda, umusirikare wo mu ngabo za FARDC, Captain Kabongo Rukatura Gisore, uvuka mu bwoko bw’Abatutsi, yishwe atwitswe azira ubwoko bwe Abatutsi. Yicwa na bagenzi be bafatanije n’abaturage baturiye u Mujyi wa Goma.

Ibi biri mubyo M23 ivugako bigomba guhagarara ko kandi yafashe imbunda mu rwego rwo kugira bacyecekeshe imbunda zitera imibabaro abaturage mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: azira ubwoko bwe AbatutsiI GomaUmuturage yishwe atewe amabuyeWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’igihugu cya Pologne Duda Andrzej, yahaye ikaze Abanyarwanda bashaka kwiga igisirikare n’ubundi bumenyi mu gihugu cye.

Perezida w'igihugu cya Pologne Duda Andrzej, yahaye ikaze Abanyarwanda bashaka kwiga igisirikare n'ubundi bumenyi mu gihugu cye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?