• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kabare haramukiye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano yo gusubiranamo ya Wazalendo yongeye gufata indi ntera ku mugoroba wajoro.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kabare haramukiye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Ingabo zirimo iza Congo(FARDC), iz’u Burundi(FDNB) n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi na Leta y’i Kinshasa irimo uwa FDLR na Wazalendo, zazindutse zigaba ibitero mu duce dutuwe cyane n’abasivili two muri teritware ya Kabare, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ibi bitero byatangiye igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’urukerera rwo kuri uyu wa kane tariki ya 10/04/2025, aho iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zabigabye mu duce twegereye cyane Pariki y’igihugu ya Kahuzi-Biega muri teritware ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru agaragaza neza ko iki gitero cyagabwe ahitwa Tshivanga. Ni agace gatuwe cyane n’abasivili kakaba kegereye i Pariki y’igihugu ya Kahuzi-Biega.

Nyuma abarwanyi bo mu mutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, bahise berekeza muri iki gice, ubundi batangira guhana iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasaryagabye igitero mu baturage.

Aya makuru anavuga ko iki gitero iri huriro ry’ingabo za Congo zakigabye ziturutse muri iri shyamba rya Kahuzi-Biega.

Iki gitero kije gikurikira ibindi bitero iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa riheruka kugaba ku wa kabiri w’iki cyumweru mu duce turi aho hafi two muri teritware ya Kalehe isanzwe ihana umupaka n’iyi ya Kabare na yo yagabwemo ikindi uyu munsi ku wa kane.

Ibyo bitero, nk’uko amakuru akomeza abivuga ririya huriro ryabigabye mu duce twa Bushaku, Katale na Kafufula.

Nyamara nubwo iri huriro ry’ingabo za Congo ariryo rigaba ibi bitero, ariko birangira abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 babisubije inyuma.

Ndetse bagahakikisha ko babigijeje kure, nubwo buja guca ryongeye kubigaba ahandi.

Ku rundi ruhande, M23 ikomeje ibikorwa byo guteza imbere uduce twose igenzura harimo n’umujyi wa Bukavu. Bakora imiganda igamije gusukura umujyi, ubundi kandi bagasana n’ibikorwa remezo ibyo basanze ingabo za Congo zarangije.

Ikigeretseho kuri ibyo, mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo AFC yafunguye Bank i Goma, mu rwego rwo kugira ngo ifashe abaturage.

Iyi miganda kandi ikorwa no mu Minembwe, Kamanyola, n’ahandi.

Tags: IbiteroIhuriro ry'ingabo za CongoKabare
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Minembwe Under Siege: Two Territories Attacked by FARDC, Mai Mai, FDLR

Minembwe Under Siege: Two Territories Attacked by FARDC, Mai Mai, FDLR

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?