• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kabare haramukiye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2025
in Conflict & Security
0
Imirwano yo gusubiranamo ya Wazalendo yongeye gufata indi ntera ku mugoroba wajoro.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kabare haramukiye ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo.

You might also like

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Ingabo zirimo iza Congo(FARDC), iz’u Burundi(FDNB) n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi na Leta y’i Kinshasa irimo uwa FDLR na Wazalendo, zazindutse zigaba ibitero mu duce dutuwe cyane n’abasivili two muri teritware ya Kabare, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ibi bitero byatangiye igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’urukerera rwo kuri uyu wa kane tariki ya 10/04/2025, aho iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zabigabye mu duce twegereye cyane Pariki y’igihugu ya Kahuzi-Biega muri teritware ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru agaragaza neza ko iki gitero cyagabwe ahitwa Tshivanga. Ni agace gatuwe cyane n’abasivili kakaba kegereye i Pariki y’igihugu ya Kahuzi-Biega.

Nyuma abarwanyi bo mu mutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, bahise berekeza muri iki gice, ubundi batangira guhana iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasaryagabye igitero mu baturage.

Aya makuru anavuga ko iki gitero iri huriro ry’ingabo za Congo zakigabye ziturutse muri iri shyamba rya Kahuzi-Biega.

Iki gitero kije gikurikira ibindi bitero iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa riheruka kugaba ku wa kabiri w’iki cyumweru mu duce turi aho hafi two muri teritware ya Kalehe isanzwe ihana umupaka n’iyi ya Kabare na yo yagabwemo ikindi uyu munsi ku wa kane.

Ibyo bitero, nk’uko amakuru akomeza abivuga ririya huriro ryabigabye mu duce twa Bushaku, Katale na Kafufula.

Nyamara nubwo iri huriro ry’ingabo za Congo ariryo rigaba ibi bitero, ariko birangira abarwanyi b’uyu mutwe wa M23 babisubije inyuma.

Ndetse bagahakikisha ko babigijeje kure, nubwo buja guca ryongeye kubigaba ahandi.

Ku rundi ruhande, M23 ikomeje ibikorwa byo guteza imbere uduce twose igenzura harimo n’umujyi wa Bukavu. Bakora imiganda igamije gusukura umujyi, ubundi kandi bagasana n’ibikorwa remezo ibyo basanze ingabo za Congo zarangije.

Ikigeretseho kuri ibyo, mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo AFC yafunguye Bank i Goma, mu rwego rwo kugira ngo ifashe abaturage.

Iyi miganda kandi ikorwa no mu Minembwe, Kamanyola, n’ahandi.

Tags: IbiteroIhuriro ry'ingabo za CongoKabare
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya “Balkanisation” -ubusesenguzi

Kissinger wamenyekanye cyane kuri radio Tuungane Minembwe, yavuze ku bya Balkanisation - ubusesenguzi Uwamenyekanye cyane kuri Tuungane Minembwe, imwe mu ma radio akorera mu misozi miremire y'i Mulenge,...

Read moreDetails

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw'abasivili benshi Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyifashishe indege z'intambara gitera ibisasu ahatuwe cyane n'abaturage bihitana abatari bake....

Read moreDetails

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira

Aba General babiri ba FARDC nibo boherejwe i Uvira Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyohereje Brigadier General Amuli Civiri na Brigadier General Ilunga Kabamba mu mujyi...

Read moreDetails

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Imirwano yakajije umurego hagati ya FARDC na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Amajyepfo

Imirwano iravuza ubuhuha mu gace ka Nyabiondo muri Masisi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryabyukiye mu mirwano na Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru Mu gihe imirwano yongeye kuremera muri Kivu y'Amajyaruguru hagati y'Ingabo za Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails
Next Post
Minembwe Under Siege: Two Territories Attacked by FARDC, Mai Mai, FDLR

Minembwe Under Siege: Two Territories Attacked by FARDC, Mai Mai, FDLR

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?