• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 31, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Kahororo, ingabo za TAFOC zashinguye i mirambo myinshi ya FARDC n’abambari babo, ubwo bashinguraga basanze na Col Chubwa yaraguye mu mirwano.

minebwenews by minebwenews
November 24, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Rurambo, ho muri Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, i mirambo y’ihuriro ry’ingabo za FARDC n’abambari babo, k’umunsi w’ejo ahagana isaha z’umugoroba yahambwe n’itsinda ry’ingabo zo mu mutwe wa TAFOC ugizwe n’ingabo z’u Burundi gusa kuko FARDC yanze kwitabira icyo gikorwa.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Byanemejwe ko Maï Maï Colonel Chubwa, wari warazengereje akarere kose ko nawe yaraguye mu mirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21/11/2023. N’imirwano ririya huriro ry’ingabo za FARDC, FDLR, P5, Gumino na Maï Maï, bari bagabye igitero mu baturage bo m’ubwoko bw’Abatutsi, batuye mu Muhana wa Nyakamungu, ubalizwa muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

I mirambo yose yashinguwe n’imirambo 57. Nk’uko Minembwe Capital News, yabwiwe n’uko ibikorwa rusange bindi byari byahagaritswe aho ndetse n’isoko irema k’umunsi wa Kane, iremeye mu Buzuke ntiyaremye, kugira bashingure iriya mirambo.

Byavuzwe ko muri urwo rugamba rwo k’uwa Kabiri, abaturage b’irwanaho baje kurwana kubaturage birangira ririya huriro ry’ingabo za RDC n’abambari babo bayabangiye ingata.

Gusa uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, ntavuga rumwe n’ingabo za TAFOC nyuma y’uko iriya mirwano irangiye kuko ashinjwa kwanga kugarura Inka zanyagiwe mu Gitembe . Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko ziriya Ngabo za TAFOC zasabye Alexis Nyamusaraba kuzigarura byanze bikunze maze ababwira ko zagarutse ariko izo nka ntizaragera i Kahororo nk’uko banyirazo ba bwiye Minembwe Capital News.

Iriya miryango y’anyazwe Inka ihamya ko harinka zahise zigarwa n’Abapfulero nyuma y’imirwano gato ariko hakaba harizindi zitaragaruka zo kwa Karenga na Masanga.

Ubu ingabo za Gumino na Maï Maï, ziri mu misozi ya Nyarurambi, hafi na Localite ya Kitoga. Ubuyobozi bw’ingabo za TAFOC bwasabye abaturage baturiye Gitoga na Kahororo gusabana ngo kuko abarwanye samoko y’Abapfulero n’Abanyamulenge. Ibi byatumye abaturage bo mu bwoko bw’Abapfulero batangira guhunguka bagaruka muri Localite ya Gitembe.

Bruce Bahanda.

Tags: I KahororoIngabo za TAFOC zashinguye i mirambo myinshi ya FARDC na bambari babo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Uhagarariye Komisiyo y'Amatora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Denis Kadima, yasabiwe gutabwa muriyombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?