• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Kahororo, ingabo za TAFOC zashinguye i mirambo myinshi ya FARDC n’abambari babo, ubwo bashinguraga basanze na Col Chubwa yaraguye mu mirwano.

minebwenews by minebwenews
November 24, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Rurambo, ho muri Grupema ya Kigoma, teritware ya Uvira, i mirambo y’ihuriro ry’ingabo za FARDC n’abambari babo, k’umunsi w’ejo ahagana isaha z’umugoroba yahambwe n’itsinda ry’ingabo zo mu mutwe wa TAFOC ugizwe n’ingabo z’u Burundi gusa kuko FARDC yanze kwitabira icyo gikorwa.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Byanemejwe ko Maï Maï Colonel Chubwa, wari warazengereje akarere kose ko nawe yaraguye mu mirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21/11/2023. N’imirwano ririya huriro ry’ingabo za FARDC, FDLR, P5, Gumino na Maï Maï, bari bagabye igitero mu baturage bo m’ubwoko bw’Abatutsi, batuye mu Muhana wa Nyakamungu, ubalizwa muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma, muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

I mirambo yose yashinguwe n’imirambo 57. Nk’uko Minembwe Capital News, yabwiwe n’uko ibikorwa rusange bindi byari byahagaritswe aho ndetse n’isoko irema k’umunsi wa Kane, iremeye mu Buzuke ntiyaremye, kugira bashingure iriya mirambo.

Byavuzwe ko muri urwo rugamba rwo k’uwa Kabiri, abaturage b’irwanaho baje kurwana kubaturage birangira ririya huriro ry’ingabo za RDC n’abambari babo bayabangiye ingata.

Gusa uwiyita Col Alexis Nyamusaraba, ntavuga rumwe n’ingabo za TAFOC nyuma y’uko iriya mirwano irangiye kuko ashinjwa kwanga kugarura Inka zanyagiwe mu Gitembe . Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko ziriya Ngabo za TAFOC zasabye Alexis Nyamusaraba kuzigarura byanze bikunze maze ababwira ko zagarutse ariko izo nka ntizaragera i Kahororo nk’uko banyirazo ba bwiye Minembwe Capital News.

Iriya miryango y’anyazwe Inka ihamya ko harinka zahise zigarwa n’Abapfulero nyuma y’imirwano gato ariko hakaba harizindi zitaragaruka zo kwa Karenga na Masanga.

Ubu ingabo za Gumino na Maï Maï, ziri mu misozi ya Nyarurambi, hafi na Localite ya Kitoga. Ubuyobozi bw’ingabo za TAFOC bwasabye abaturage baturiye Gitoga na Kahororo gusabana ngo kuko abarwanye samoko y’Abapfulero n’Abanyamulenge. Ibi byatumye abaturage bo mu bwoko bw’Abapfulero batangira guhunguka bagaruka muri Localite ya Gitembe.

Bruce Bahanda.

Tags: I KahororoIngabo za TAFOC zashinguye i mirambo myinshi ya FARDC na bambari babo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Uhagarariye Komisiyo y'Amatora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Denis Kadima, yasabiwe gutabwa muriyombi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?