
Ikambi zitatu zinini za Maïmaï Bishambuke zaraye zihindutse imiyonga mubice bya Teritware ya Fizi, muri Kivu Yepfo mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo.
Amakuru twakiriye muriki gitondo canone tariki 14.03.2023 Kuri Minembwe Capital News duhawe nabaturage b’Irwanaho nuko i Kambi zirenga 30 za Maïmaï na Red Tabara zahiye kumunsi wejo hashize murizo mirongwitatu harimo izitatu zinini.
Nigitero cabaye kumunsi wejo hashize tariki 13.03.2023, nibwo imirwano yongeye kubura mumisozi miremire y’Imulenge mugace ka Fizi muri Kivu yamajyepho iyintambara yaje kuremera ahitwa i Musika.
Mwitangazo dukesha Umuvugizi wa Baturage b’irwanaho bwana Kamasa Ndakize Welcome yagize ati “Maimai yatugabyeho igitero mumihana yacu hano mumarango, nimurubwo buryo natwe Twirwanyeho tubasha gusubiza ico gitero inyuma.”
Abaturage bibumbiye mwizina rya Twirwanaho, bakimara kubona igitero nkuko tubikesha bamwe muribo bakoze ico bise kw’irwanaho maze baramira imiryango yabo nibyabo barwanya umwanzi w’Imulenge ariwe Maimai na Red Tabara, bararwana kubwamahirwe barusha imbaraga Maimai ivanze na Red Tabara baza nogusenya i Kambi zirenga 30 za Maïmaï na Red Tabara zirimo zitatu zinini arizo : “Musika, Gasuruku na Rubinja” ziyi mitwe yitwaje intwaro yabayeho kugira ngwitsembe Abanyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge (Minembwe, Indondo ya Bijombo, Rurambo na Bibogobogo ndetse na Mibunda).
Nintambara yatangiye ahagana saakumi zurukerera rwejo kuwambere tariki 13.03.2023, izakurangira isaa icumi zumugoroba wokuruwo wakabiri kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Ubwo batangaga ayamakuru Kuri Minembwe Capital News, bamwe mubaturiye imisozi miremire bavuze ko iyintambara yageze hasi kuruzi runini rwa Ganja uzambuka kwamwami Gotongo.
Namakuru yakomeje guca kumbuga nkoranya Mbaga (Social media), harimo numumudamu wumpurero wabwiye Minembwe Capital News ko izi Kambi Koko zasenywe ati Kandi ziteguriraga kuzasenya Imihana ya b’Anyamulenge baturiye Minembwe.
Tubibutsa ko izo Kambi za Maïmaï na Red Tabara zubatswe umwaka ushize wa 2022 ahagana mukwezi Kwa 11.
Iyo babatwika bose
Bravoooo
Twirwaneho
Bravoooo Twirwaneho
Umutekano Let’s ya Congo yananiwe kuzanira abaturage uzazanwa nabarwanashyaka bakunda Igihugu cyabo.
Nagutumye aribo Twirwaneho.
Vive Mulenge, save Mulenge
Iryo nitangiriro barinde gato