Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Karuba, havuzwe imirwaro naho i Birere, haravugwa iraswa ry’ibibombe bikaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare ba FARDC bayobotse M23, nyuma y’uko leta ya Kinshasa, itangiye gutoteza abavuka mu Ntara ya Katanga no muri Kivu Yaruguru ni y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe imirwano y’umvikanye umwanya muto ahagana mu masaha y’icamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 12/01/2024, n’i mirwano yarimo ihanganisha umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nk’uko bya vuzwe iriya mirwano yabereye mu nkengero za Localité ya Karuba, Gurupema ya Bashali, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iy’i mirwano ibaye mugihe no kumunsi w’ejo hashize, tariki ya 11/01/2024, mu bice byo muri grupema ya Gatare, habaye imirwaro ikomeye yasize M23 yirukanye ihuriro ry’Ingabo za RDC muri ibyo bice. Gusa bya vuzwe ko iyo mirwano itamaze umwanya munini, kimwe n’ibyabaye kuri uyu wa Gatanu.

K’urundi ruhande umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri Kivu Yaruguru, Lt Colonel Ndjike Kaiko Guillaume, yashinjye umutwe w’inyeshamba wa M23, gutera igisasu cy’imbunda yo mu bwoko bwa Mortier 120, ahatuwe n’abaturage benshi, i Sake.

Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yavuze ko kiriya kibombe cyatewe neza mugace kitwa Birere, muri Sake, muri teritware ya Masisi.

Yagize ati:”Umutwe wa M23 warashe ikibomba i Birere, ho muri Sake, muri teritware ya Masisi, ahantu hatuwe n’a baturage benshi. Nta muntu wakomerekejwe nicyo gisasu, nta n’uwahasize ubuzima.”

Ibi ntacyo ubuyobozi bw’u mutwe wa M23, burabitangazaho.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcI KarubaIbibombeImirwanoM23Masisi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

"Umubano w'u Rwanda n'u Burundi, uhinduka nk'ihindagurika ry'ikirere," ni byatangajwe na Minisitiri w'ubanye n'amahanga Albert Shingiro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?