• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 26, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

You might also like

RDC: Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo bagize icyo bavuga ku rubanza rwa Kabila.

Rising Tensions in Uvira as Wazalendo Target Banyamulenge

Icyo umwe mu baturage bari Uvira avuga kuri Wazalendo.

Abasirikare bakuru bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ubushinjacyaha bw’igisiriakare cy’iki gihugu bwabasabiye gufungwa imyaka 15.

Ku wa mbere tariki ya 25/08/2025, ni bwo ruriya rukiko rwasabiye bariya basirikare gufungwa imyaka 15.

Aba barimo Brig.Gen. Erickson Bakati, Lt.Col.Gervais Malaji, Major Philippe Mambolo, Lt.Kakule na Lt.David Lusenge.

Harimo kandi na Col. Andre Jean Nyenze na Col. Alphonse Kasereka, aba bombi bo ubushinjacyaha bwasabiye gufungurwa imyaka itatu kubera ko bo ngo bakoranye neza n’ubutabera.

Hari abandi basabiwe gufungurwa kubera ko ngo nta bimenyetso bigaragara bibahamya ibyaha bashinjwa.

Bivugwa ko ibirego aba basirikare bashinjwa bituruka ku mashusho yagiye hanze mu kwezi kwa kane uyu mwaka, ubwo bayafashwe bari muri hotel i Kinshasa, bavuga ko ubutegetsi buriho burangiye, ahubwo ko ari bo bafashe ubutegetsi.

Aya mashusho ni nayo yatumye batabwa muri yombi.
Bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bakoresheje imbunda.

Uretse aba basirikare bahanishijwe igifungo, hari abandi basirikare bakuru bagera kuri 41 barimo bahatwa ibibazo ku buryo ingabo za RDC zitsindwa ku rugamba na AFC/M23.

Tags: abasirikareBakuru zimyaka 15Urukiko
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

RDC: Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo bagize icyo bavuga ku rubanza rwa Kabila.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
RDC: Byasabwe ko Kabila ahamwa ko ari Umunyarwanda.

RDC:Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo bagize icyo bavuga ku rubanza rwa Kabila. Abo mu ishyaka rya Matata Mponyo wahoze ari minisitiri w'intebe wa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Rising Tensions in Uvira as Wazalendo Target Banyamulenge

by minebwenews
August 26, 2025
0
Rising Tensions in Uvira as Wazalendo Target Banyamulenge

A resident living in Uvira, where the Wazalendo continue committing extreme violence against the local population—especially the Banyamulenge—compared them to the Interahamwe militia that carried out the 1994 genocide against...

Read moreDetails

Icyo umwe mu baturage bari Uvira avuga kuri Wazalendo.

by Bruce Bahanda
August 26, 2025
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

Icyo umwe mu baturage bari Uvira avuga kuri Wazalendo. Umwe mu baturage uherereye muri Uvira aho Wazalendo bakokomeje gukorera ubugome ndengakamere ku baturage baho cyane cyane ku Banyamulenge,...

Read moreDetails

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye ibitero mu duce turi mu nkengero z'umujyi wa Goma ndetse...

Read moreDetails

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

by Bruce Bahanda
August 25, 2025
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira. Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo wo mu ngabo zishinzwe umutekano wa Komanda secteur wa Uvira muri...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?