• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

minebwenews by minebwenews
August 26, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa abasirikare bakuru basabiwe gufungwa imyaka 15.

You might also like

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Abasirikare bakuru bakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ubushinjacyaha bw’igisiriakare cy’iki gihugu bwabasabiye gufungwa imyaka 15.

Ku wa mbere tariki ya 25/08/2025, ni bwo ruriya rukiko rwasabiye bariya basirikare gufungwa imyaka 15.

Aba barimo Brig.Gen. Erickson Bakati, Lt.Col.Gervais Malaji, Major Philippe Mambolo, Lt.Kakule na Lt.David Lusenge.

Harimo kandi na Col. Andre Jean Nyenze na Col. Alphonse Kasereka, aba bombi bo ubushinjacyaha bwasabiye gufungurwa imyaka itatu kubera ko bo ngo bakoranye neza n’ubutabera.

Hari abandi basabiwe gufungurwa kubera ko ngo nta bimenyetso bigaragara bibahamya ibyaha bashinjwa.

Bivugwa ko ibirego aba basirikare bashinjwa bituruka ku mashusho yagiye hanze mu kwezi kwa kane uyu mwaka, ubwo bayafashwe bari muri hotel i Kinshasa, bavuga ko ubutegetsi buriho burangiye, ahubwo ko ari bo bafashe ubutegetsi.

Aya mashusho ni nayo yatumye batabwa muri yombi.
Bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bakoresheje imbunda.

Uretse aba basirikare bahanishijwe igifungo, hari abandi basirikare bakuru bagera kuri 41 barimo bahatwa ibibazo ku buryo ingabo za RDC zitsindwa ku rugamba na AFC/M23.

Tags: abasirikareBakuru zimyaka 15Urukiko
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage Abaturage bo duce twa Humura na Rutoboko, turi mu gice cya Nyamaboko ya Mbere, muri grupema...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana

U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana Hagati ya tariki 29/12/2025 na 04/01/2026, na nyuma yaho, u Burundi bwohereje ingabo nyinshi...

Read moreDetails

FARDC Yagabweho Igitero Gikaze cya Bakata Katanga, Abatari Bake Bahasiga Ubuzima

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
FARDC Yagabweho Igitero Gikaze cya Bakata Katanga, Abatari Bake Bahasiga Ubuzima

FARDC Yagabweho Igitero Gikaze cya Bakata Katanga, Abatari Bake Bahasiga Ubuzima Nibura abantu umunani ni bo bamaze gutakariza ubuzima mu gitero gikomeye cyagabwe n’inyeshyamba za Mai-Mai Bakata Katanga...

Read moreDetails
Next Post
Bijombo: Abasirikare b’Abarundi Bishe Umusore w’Umunyamulenge Mu Ihohoterwa Rikomeje Kwiyongera

Bijombo: Abasirikare b’Abarundi Bishe Umusore w’Umunyamulenge Mu Ihohoterwa Rikomeje Kwiyongera

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?