• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

minebwenews by minebwenews
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

You might also like

Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari akiri Perezida, yatawe muri yombi.

Ni hagati muri iki cyumweru Brigadier General Banywesize inzego zishinzwe umutekano za muhagaritse.

Nk’uko aya makuru abivuga nuko Banywesize yahamagajwe kwitaba muri DEMIAP, urwego rushyinzwe iperereza, agezeyo ahita atabwa muri yombi.

Nyuma y’aho atawe muri yombi nta kindi kiraja hanze.
Si Banywesize watawe muri yombi gusa, kuko kandi iyi Leta yafashe na Martin Kabwelulu wigeza nawe kuba minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye yagaciro. Kandi na we hari igihe cya Joseph Kabila Kabange.

Ihuriro rya mashyaka rya FCC(Front Commun Pour Le Congo) rishigikiye Joseph Kabila rikaba rinafite n’imyamya mu nteko ishinga mategeko y’iki gihugu, ryahise ryamagana itabwo muri yombi rya Kabwelulu Martin wafashwe mu ijoro ryo ku itariki ya 21/05/2025 we n’umugore we i Kinshasa.

Rivuga ko abateye kwa Kabwelulu Martin, bahateye mu masaha y’ijoro, maze ngo bamutwarana n’umugore we, ndetse ngo bajanwa ahantu hatazwi. Ubundi kandi ngo bakwa n’amatephones yabo, kuko kuva bafashwe ntawe uranavugisha.

FCC igasaba ko Kabwelulu n’umugore we barekurwa. Ivuga kandi ko uburyo bafashwemo bishobora kugira ingaruka ku buzima bwabo.

Uyu Kabwelulu ufungiwe ahatazwi, yari umwe mu bagize biro Politiki y’ihuriro rya FCC.

Ibyo bibaye mu gihe Abasenateri b’iki gihugu bafashe umwanzuro wo gukuraho Joseph Kabila ubudahangarwa, kuko yarafite icyubahiro kimwemerera kuba Senateri ubuzima bwe bwose kuva avuye ku ngoma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kugira ngo inkinko zibone ububasha bwo ku mukurikirana kubyaha ashinjwa birimo kuba ashigikira umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu n’ibyaha by’intambara.

Tags: KinshasaPierre BanywesizeYatawe muri yombi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC Abaturage batuye mu mujyi wa Uvira, uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge

AFC/M23 Yaburiye Ubutegetsi bwa Kinshasa ku Kurenga ku Gahenge Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11/03/2026, Umujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu ya Ruguru,...

Read moreDetails

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma

Indege zitagira abapilote z’Ingabo za FARDC zagabye ibitero mu bice bituwe n’abaturage i Goma Umujyi wa Goma uri mu bihe bikomeye nyuma y’ijoro ryaranzwe n’ibitero byifashishije indege zitagira...

Read moreDetails

Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa

Bahati Lukwebo Yisubiyeho, Asaba Imbabazi ku Magambo Ye Yateje Impaka i Kinshasa Mu gihe politiki ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kurangwa n’impaka ku bibazo bitandukanye...

Read moreDetails

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero

Abagore b’Abanyamulenge n’Abandi Banyekongo bo muri Uvira Bahurije ku Butumwa bw’Amahoro n’Ubumwe mu gihe Akarere ka Minembwe Gakomeje Kwibasirwa n’Ibitero Tariki ya 08/03/2026, ku Munsi Mpuzamahanga w’Umugore (International...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?