• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

minebwenews by minebwenews
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

You might also like

Uwateye ku Bilalombili no mu Rugezi yasubijwe inyuma

Amakuru y’ukuri y’abasirikare b’u Burundi bazamutse imisozi y’i Mulenge, aho bagiye kwica abaho

RDC yahagaritse inkunga ku banyeshuri bigira mu bice byabohowe na AFC/M23/MRDP

Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari akiri Perezida, yatawe muri yombi.

Ni hagati muri iki cyumweru Brigadier General Banywesize inzego zishinzwe umutekano za muhagaritse.

Nk’uko aya makuru abivuga nuko Banywesize yahamagajwe kwitaba muri DEMIAP, urwego rushyinzwe iperereza, agezeyo ahita atabwa muri yombi.

Nyuma y’aho atawe muri yombi nta kindi kiraja hanze.
Si Banywesize watawe muri yombi gusa, kuko kandi iyi Leta yafashe na Martin Kabwelulu wigeza nawe kuba minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye yagaciro. Kandi na we hari igihe cya Joseph Kabila Kabange.

Ihuriro rya mashyaka rya FCC(Front Commun Pour Le Congo) rishigikiye Joseph Kabila rikaba rinafite n’imyamya mu nteko ishinga mategeko y’iki gihugu, ryahise ryamagana itabwo muri yombi rya Kabwelulu Martin wafashwe mu ijoro ryo ku itariki ya 21/05/2025 we n’umugore we i Kinshasa.

Rivuga ko abateye kwa Kabwelulu Martin, bahateye mu masaha y’ijoro, maze ngo bamutwarana n’umugore we, ndetse ngo bajanwa ahantu hatazwi. Ubundi kandi ngo bakwa n’amatephones yabo, kuko kuva bafashwe ntawe uranavugisha.

FCC igasaba ko Kabwelulu n’umugore we barekurwa. Ivuga kandi ko uburyo bafashwemo bishobora kugira ingaruka ku buzima bwabo.

Uyu Kabwelulu ufungiwe ahatazwi, yari umwe mu bagize biro Politiki y’ihuriro rya FCC.

Ibyo bibaye mu gihe Abasenateri b’iki gihugu bafashe umwanzuro wo gukuraho Joseph Kabila ubudahangarwa, kuko yarafite icyubahiro kimwemerera kuba Senateri ubuzima bwe bwose kuva avuye ku ngoma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kugira ngo inkinko zibone ububasha bwo ku mukurikirana kubyaha ashinjwa birimo kuba ashigikira umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu n’ibyaha by’intambara.

Tags: KinshasaPierre BanywesizeYatawe muri yombi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwateye ku Bilalombili no mu Rugezi yasubijwe inyuma

by Bahanda Bruce
September 3, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Uwateye ku Bilalombiri no mu Rugezi yasubijwe inyuma Ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo byazindutse bigabwa mu bice bya Bilalombiri mu Mikenke muri teritware ya...

Read moreDetails

Amakuru y’ukuri y’abasirikare b’u Burundi bazamutse imisozi y’i Mulenge, aho bagiye kwica abaho

by Bahanda Bruce
September 3, 2025
0
Amakuru y’ukuri y’abasirikare b’u Burundi bazamutse imisozi y’i Mulenge, aho bagiye  kwica abaho

Amakuru y'ukuri y'a basirikare b'u Burundi bazamutse imisozi y'i Mulenge, aho bagiye kwica abaho Nyuma y'aho bigize iminsi bivugwa ko ingabo z'u Burundi ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

RDC yahagaritse inkunga ku banyeshuri bigira mu bice byabohowe na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
September 3, 2025
0
RDC yahagaritse inkunga ku banyeshuri bigira mu bice byabohowe na AFC/M23/MRDP

RDC yahagaritse inkunga ku banyeshuri bigira mu bice byabohowe na AFC/M23/MRDP Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko yahagaritse inkunga ku banyeshure biga ku mashuri abanza aherereye mu...

Read moreDetails

Rugezi: Wazalendo bazindutse batera ibisasu, havuzwe n’icyo MRDP yo irigukora

by Bahanda Bruce
September 3, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Rugezi: Wazalendo bazindutse batera ibisasu, havuzwe n'icyo MRDP yo irigukora Ihuriro rya Wazalendo rizindutse ritera ibisasu mu duce two mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya...

Read moreDetails

Kenyan Man Killed in DRC for Resembling a Tutsi

by Bahanda Bruce
September 3, 2025
0
Umunya-kenya yiciwe muri RDC azira gusa n’Abatutsi

Kenyan Man Killed in DRC for Resembling a Tutsi A Kenyan man who was trading in the eastern parts of the Democratic Republic of Congo was killed by...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?