Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa bataye muri yombi umusirikare ukomeye.

You might also like

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y’Epfo.

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo.

Ibivugwa kuri Gen. Tshiwewe uheruka gutabwa muri yombi i Kinshasa.

Brigadier General Pierre Banywesize wigeze kuba umugaba mukuru w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo igihe cya Joseph Kabila ubwo yari akiri Perezida, yatawe muri yombi.

Ni hagati muri iki cyumweru Brigadier General Banywesize inzego zishinzwe umutekano za muhagaritse.

Nk’uko aya makuru abivuga nuko Banywesize yahamagajwe kwitaba muri DEMIAP, urwego rushyinzwe iperereza, agezeyo ahita atabwa muri yombi.

Nyuma y’aho atawe muri yombi nta kindi kiraja hanze.
Si Banywesize watawe muri yombi gusa, kuko kandi iyi Leta yafashe na Martin Kabwelulu wigeza nawe kuba minisitiri w’ubucukuzi bw’amabuye yagaciro. Kandi na we hari igihe cya Joseph Kabila Kabange.

Ihuriro rya mashyaka rya FCC(Front Commun Pour Le Congo) rishigikiye Joseph Kabila rikaba rinafite n’imyamya mu nteko ishinga mategeko y’iki gihugu, ryahise ryamagana itabwo muri yombi rya Kabwelulu Martin wafashwe mu ijoro ryo ku itariki ya 21/05/2025 we n’umugore we i Kinshasa.

Rivuga ko abateye kwa Kabwelulu Martin, bahateye mu masaha y’ijoro, maze ngo bamutwarana n’umugore we, ndetse ngo bajanwa ahantu hatazwi. Ubundi kandi ngo bakwa n’amatephones yabo, kuko kuva bafashwe ntawe uranavugisha.

FCC igasaba ko Kabwelulu n’umugore we barekurwa. Ivuga kandi ko uburyo bafashwemo bishobora kugira ingaruka ku buzima bwabo.

Uyu Kabwelulu ufungiwe ahatazwi, yari umwe mu bagize biro Politiki y’ihuriro rya FCC.

Ibyo bibaye mu gihe Abasenateri b’iki gihugu bafashe umwanzuro wo gukuraho Joseph Kabila ubudahangarwa, kuko yarafite icyubahiro kimwemerera kuba Senateri ubuzima bwe bwose kuva avuye ku ngoma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kugira ngo inkinko zibone ububasha bwo ku mukurikirana kubyaha ashinjwa birimo kuba ashigikira umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’iki gihugu n’ibyaha by’intambara.

Tags: KinshasaPierre BanywesizeYatawe muri yombi
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Gen.Muhoozi yavuze icyo UPDF izakora mu gihe imirwano yo kwaduka i Uvira muri Kivu y'Epfo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, General...

Read moreDetails

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Icyo amakuru avuga kuri Col.Macunda.

Imirwano ikaze yongeye kwaduka mu duce dutandukanye two muri Kivu y'Amajyepfo. Nyuma y'imirwano ikomeye iheruka kubera mu misozi ya Nyangenzi muri teritware ya Walungu no mu gace kamwe...

Read moreDetails

Ibivugwa kuri Gen. Tshiwewe uheruka gutabwa muri yombi i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, ari mu mazi abira.

Ibivugwa kuri Gen. Tshiwewe uheruka gutabwa muri yombi i Kinshasa. General Christian Tshiwewe wahoze ari umugaba mukuru w'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo arimo kubazwa umugambi wo...

Read moreDetails

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze n’amahoro i Mulenge.

by Bruce Bahanda
July 16, 2025
0
Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Idubu zatojwe na Gen. Makanika zikomeje kugarura ituze i Mulenge. Nyuma y'aho ku munsi w'ejo ku wa kabiri ihuriro ry'ingabo za Congo zateraguye amasasu mu bice byo mu...

Read moreDetails

Icyo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakoze ku banyeshuri batwite.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Icyo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakoze ku banyeshuri batwite.

Icyo ubutegetsi bw'i Kinshasa bwakoze ku banyeshuri batwite. Ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwemereye abanyeshuri batwite gukomeza amashuri mu gihe hari itegeko...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?