Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 31, 2024
in Regional Politics
1
I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Urubyiruko rwo muri Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa kane tariki ya 31/10/2024 rwakoze imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga perezida Tshisekedi ashaka guhindura.

Iyi myigaragabyo yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa kane, ikaba yabereye mu gace ka Tshangu, cyane cyane ahitwa Boulevard Lumumba.

Itsinda ry’urubyiruko ryari mu myigaragabyo ryatwitse amapine kandi bahagarika ibinyabiziga mu rwego rwo kwamagana Leta ishaka guhindura itegeko nshinga.
Ni nyuma yaho perezida Félix Tshisekedi atangarije ko itegeko nshinga ry’iki gihugu rigomba guhinduka.

Nyuma y’iminota nka 30 imyigaragambyo irimo gukorwa, abapolisi batatanyije abarimo kuyikora bakoresheje ibyuka biryana mu maso.

Bamwe mu bigaragambyaga batawe muri yombi, ni mu gihe bashakaga kurwanya abapolisi.

Gusa, uru rubyiruko ntirwagaragaje aho rubogamiye muri politiki, ahubwo rwerekanye ko ishyaka riri ku butegetsi rya UDPS, rishaka kuvugurura itegeko nshinga, kugira ngo Tshisekedi azagume ku ngoma nyuma ya manda zibiri azaba arangije.

Tags: ImyigaragambyoItegeko nshingaKinshasa
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Menya amabuye y’agaciro ahenze kurusha ayandi ku Isi.

Menya amabuye y'agaciro ahenze kurusha ayandi ku Isi.

Comments 1

  1. hitamungu jean Damascene says:
    7 months ago

    Mujye muduha amakuru y’ukuri muri kongo mureke gufana

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?