Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 31, 2024
in Regional Politics
1
I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa hatangiye imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Urubyiruko rwo muri Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri uyu wa kane tariki ya 31/10/2024 rwakoze imyigaragambyo yo kwamagana itegeko nshinga perezida Tshisekedi ashaka guhindura.

Iyi myigaragabyo yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa kane, ikaba yabereye mu gace ka Tshangu, cyane cyane ahitwa Boulevard Lumumba.

Itsinda ry’urubyiruko ryari mu myigaragabyo ryatwitse amapine kandi bahagarika ibinyabiziga mu rwego rwo kwamagana Leta ishaka guhindura itegeko nshinga.
Ni nyuma yaho perezida Félix Tshisekedi atangarije ko itegeko nshinga ry’iki gihugu rigomba guhinduka.

Nyuma y’iminota nka 30 imyigaragambyo irimo gukorwa, abapolisi batatanyije abarimo kuyikora bakoresheje ibyuka biryana mu maso.

Bamwe mu bigaragambyaga batawe muri yombi, ni mu gihe bashakaga kurwanya abapolisi.

Gusa, uru rubyiruko ntirwagaragaje aho rubogamiye muri politiki, ahubwo rwerekanye ko ishyaka riri ku butegetsi rya UDPS, rishaka kuvugurura itegeko nshinga, kugira ngo Tshisekedi azagume ku ngoma nyuma ya manda zibiri azaba arangije.

Tags: ImyigaragambyoItegeko nshingaKinshasa
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Menya amabuye y’agaciro ahenze kurusha ayandi ku Isi.

Menya amabuye y'agaciro ahenze kurusha ayandi ku Isi.

Comments 1

  1. hitamungu jean Damascene says:
    9 months ago

    Mujye muduha amakuru y’ukuri muri kongo mureke gufana

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?