• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa ibintu byatangiye guhindura isura, nyuma y’aho Kabila ageze i Goma.

minebwenews by minebwenews
April 19, 2025
in Regional Politics
0
Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwongeye kugaragariza AFC/M23 ibirimo amananiza ashaririye.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa ibintu byatangiye guhindura isura, nyuma y’aho Kabila ageze i Goma.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakoze ibintu mu mwanya muto bitangaje, akimara kumenya ko Joseph Kabila Kabange wabaye perezida w’iki gihugu yageze i Goma anyuze i Kigali mu Rwanda.

Ku munsi w’ejo ku wa gatanu, tariki ya 18/04/2025, Felix Tshisekedi yari yiriwe mu ntara ya Haut-Katanga mu bikorwa bya Leta, akimara kubwibwa ko Kabila yageze i Goma ahita asubira i Kinshasa atabwiye abo barikumwe icyabaye.

Amakuru yizewe avuga ko Tshisekedi yavuye i Lubumbashi ari nijoro, atitaye ku byari bitaganyijwe gukorwa umunsi wari gukurikiraho.

Uko kwihuta kwa perezida Felix Tshisekedi, kwavuye ku makuru yari amaze kumva ko Joseph Kabila yageze i Goma anyuze i Kigali mu Rwanda.

Bikaba byaratumye uyu mukuru w’iki gihugu akuka umutima, kuba Joseph Kabila yaranyuze i Kigali, ubundi agakomereza i Goma mu gice kigenzurwa na AFC/M23 imaze igihe ijegeza ubutegetsi bwe.

Kabila, nyuma y’umwaka urenga ari hanze y’igihugu, kugaruka kwe kwateje impagarara ku banyapolitiki b’iki gihugu no mu nzego z’umutekano za Congo.

Bivugwa ko yavuye muri Afrika y’Epfo, aho yarimo yiga, akaba kandi yarageze no muri Zimbabwe aho yari yibereye mu buhungiro butigeze butangazwa ku mugaragaro.

Aha’rejo rero, tariki ya 18/04/2025, yongeye gukandagiza ibirenge bye mu gihugu cye, ahitira i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Ahagenzurwa n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo riyobowe na Corneille Nangaa; iryo Kinshasa ishinja gufashwa n’u Rwanda nubwo iri huriro ribitera utwatsi ndetse n’u Rwanda ubwarwo rurabihakana.

Ibyo nibyo Tshisekedi yahise yumva ko bigeze aho atabitekerezaga: kuko Kabila ari umunyapolitiki udasanzwe muri iki gihugu, kuba yaratoranyije guhitira mu gice kigenzurwa n’umutwe urwanya ubutegetsi bwe.

Kabila akimara kugera i Goma, amakuru avuga ko mu biro bya perezida Felix Tshisekedi habaye impagarara ibintu biracika, inzego z’umutekano zisabwa gukora akazi zivuye inyuma.

Bikavugwa ko i Kinshasa bafite ubwoba bwa basirikare bakuru ko boba bari kugirana ibiganiro byarwihishwa na Joseph Kabila wayoboye iki gihugu imyaka 18.

Hari n’amakuru avuga ko impamvu yatumye Tshisekedi asubira i Kinshasa igitaraganya, ari uko yari yamenye ko yaba agiye gukubitwa Coup d’etat n’abamwe muri abo basirikare.

Nyamara ibi byose byatangiye guhindura isura ubwo Joseph Kabila yatangazaga ko igihugu cye kimeze nabi, bityo agiye kwifatanya n’abandi kugishakira umuti urambye.

Bitaganyijwe ko Joseph Kabila ageza ijambo ku baturage bari i Goma. Ni ijambo bivugwa rishobora kuzana impinduka zikomeye mu mateka y’iki gihugu.

Bikaba bizaba bigiye kuba n’ubwa mbere Kabila agiye kugaragaza neza icyerekezo cye kuri iki gihugu nyuma y’aho avuye ku butegetsi.

Tags: IsuraKabilaKinshasa
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Rev.Bintuntumwa yahishuye ko hariho “ihishurirwa” Imana yahaye abantu bose, abayobozi b’amadini n’abanyapolitiki.

Rev.Bintuntumwa yahishuye ko hariho "ihishurirwa" Imana yahaye abantu bose, abayobozi b'amadini n'abanyapolitiki.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?