• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2024
in Regional Politics
0
I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo umutekano ukomeje guhungabanywa n’abantu bitwaje intwaro.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Ni uguhera amasaha y’urukerera rw’iri joro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, nibwo abantu bitwaje imbunda bagabye igitero ku rugo rwa Vital Kamerhe, ushobora kuzaba perezida w’inteko ishinga amategeko, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Top FM Congo.

Yatangaje ko ku rugo rwa Vital Kamerhe, ko rw’ibasiriwe n’abantu benshi, kandi baza bitwaje intwaro zirimo iza gakondo n’imbunda.

Mu kugaba icyo gitero, bakoresheje amayeri yo kubanza kuzenguruka urugo rwa Vital Kamerhe, nyuma bamwe muri aba bagabye iki gitero binjira mu nzu imbere.

Nta byangirijwe iki Kinyamakuru dukesha iy’i nkuru cyatangaje, gusa kivuga ko bamwe mu bagabye icyo gitero ko batawe muri yombi.

Cyanagaragaje amashusho yabatawe muri yombi aho bagaragajwe bambaye imyenda ya gisivile abandi ndetse batambaye imyenda mu gatuza ariko bambaye ipantalo.

Muri aya mashusho ubona harimo n’abigitsina gore.

Nyuma y’ubwo hongeye kwiyerekana irinditsinda ry’abantu bitwaje intwaro, rifashe ibendera ryahoze ari rya Zaïre. Iri tsinda ryagaragariye muri Quartier ya Gombe ho muri Kinshasa, kandi abari barigize bari bambaye imyambaro y’igisirikare, ndetse bagendaga bafatiye iri bendera hejuru, mu rwego rwo kugira ngo rigaragarire bose. Aba bo banashwanyaguje ibendera rya RDC, ndetse bagira naho basenya ku nyubako yu mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi byatumye umutekano uzamba muri Kinshasa; byanatumye abashinzwe umutekano bagira ibice bimwe bafunga harimo n’imihanda itakiri nyabagendwa ngo ibe yacamo abagenzi.

Ibyo bibaye nyuma y’umunsi umwe gusa, ubwo abagize ihuriro ry’ishyaka rya Union sacrée, rishigikiye perezida Félix Tshisekedi, rikoze inama yogutora perezida uzayobora inteko ishinga amategeko y’umutwe wa badepite na sena; irangira ibayemo imvururu zikomeye, ndetse iy’i nama baza no kuyitukaniramo, kandi bikorerwa imbere ya perezida Félix Tshisekedi, kugeza aho inama isubikwa bitegekwa ko izongera guterana.

Mu batukanye harimo Justin Bitakwira udashigikiye Christophe Mbosso ko yatorerwa kuyobora uyu mwanya.

Yavuze ko kongera kugarura Christophe Mbosso ku buyobozi bw’u mutwe wa badepite, byarutwa n’uko icyorezo cya COVID-19 cyagaruka, mu gihugu.

               MCN.
Tags: KinshasaUmutekanoWahunganyijwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya RDC, cyemeje ko i Kinshasa, habaye kugerageza guhirika ubutegetsi, bikozwe na Christian Malanga Musumari; menya uwariwe?

Igisirikare cya RDC, cyemeje ko i Kinshasa, habaye kugerageza guhirika ubutegetsi, bikozwe na Christian Malanga Musumari; menya uwariwe?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?