• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2024
in Regional Politics
0
I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo umutekano ukomeje guhungabanywa n’abantu bitwaje intwaro.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ni uguhera amasaha y’urukerera rw’iri joro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, nibwo abantu bitwaje imbunda bagabye igitero ku rugo rwa Vital Kamerhe, ushobora kuzaba perezida w’inteko ishinga amategeko, nk’uko iy’inkuru tuyikesha Top FM Congo.

Yatangaje ko ku rugo rwa Vital Kamerhe, ko rw’ibasiriwe n’abantu benshi, kandi baza bitwaje intwaro zirimo iza gakondo n’imbunda.

Mu kugaba icyo gitero, bakoresheje amayeri yo kubanza kuzenguruka urugo rwa Vital Kamerhe, nyuma bamwe muri aba bagabye iki gitero binjira mu nzu imbere.

Nta byangirijwe iki Kinyamakuru dukesha iy’i nkuru cyatangaje, gusa kivuga ko bamwe mu bagabye icyo gitero ko batawe muri yombi.

Cyanagaragaje amashusho yabatawe muri yombi aho bagaragajwe bambaye imyenda ya gisivile abandi ndetse batambaye imyenda mu gatuza ariko bambaye ipantalo.

Muri aya mashusho ubona harimo n’abigitsina gore.

Nyuma y’ubwo hongeye kwiyerekana irinditsinda ry’abantu bitwaje intwaro, rifashe ibendera ryahoze ari rya Zaïre. Iri tsinda ryagaragariye muri Quartier ya Gombe ho muri Kinshasa, kandi abari barigize bari bambaye imyambaro y’igisirikare, ndetse bagendaga bafatiye iri bendera hejuru, mu rwego rwo kugira ngo rigaragarire bose. Aba bo banashwanyaguje ibendera rya RDC, ndetse bagira naho basenya ku nyubako yu mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi byatumye umutekano uzamba muri Kinshasa; byanatumye abashinzwe umutekano bagira ibice bimwe bafunga harimo n’imihanda itakiri nyabagendwa ngo ibe yacamo abagenzi.

Ibyo bibaye nyuma y’umunsi umwe gusa, ubwo abagize ihuriro ry’ishyaka rya Union sacrée, rishigikiye perezida Félix Tshisekedi, rikoze inama yogutora perezida uzayobora inteko ishinga amategeko y’umutwe wa badepite na sena; irangira ibayemo imvururu zikomeye, ndetse iy’i nama baza no kuyitukaniramo, kandi bikorerwa imbere ya perezida Félix Tshisekedi, kugeza aho inama isubikwa bitegekwa ko izongera guterana.

Mu batukanye harimo Justin Bitakwira udashigikiye Christophe Mbosso ko yatorerwa kuyobora uyu mwanya.

Yavuze ko kongera kugarura Christophe Mbosso ku buyobozi bw’u mutwe wa badepite, byarutwa n’uko icyorezo cya COVID-19 cyagaruka, mu gihugu.

               MCN.
Tags: KinshasaUmutekanoWahunganyijwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya RDC, cyemeje ko i Kinshasa, habaye kugerageza guhirika ubutegetsi, bikozwe na Christian Malanga Musumari; menya uwariwe?

Igisirikare cya RDC, cyemeje ko i Kinshasa, habaye kugerageza guhirika ubutegetsi, bikozwe na Christian Malanga Musumari; menya uwariwe?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?