Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, niho Moïse Katumbi, ari busoreze Gahunda yo kw’iyamamaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 16, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, niho igikorwa cyo kw’iyamamaza kwa kandida Moïse Katumbi Chapwe, biza gusozerezwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko bya tangajwe n’umwe mu bayobozi bo mw’Ishyaka rya Moïse Katumbi Chapwe (Ensemble pour La République), bwana depite Christian Mwando Simba, yavuze ko kiriya gikorwa cyogosoza kw’iyamamaza kwa kandida nimero 3, bya teguriwe neza mu gace kitwa Poste, gaherereye mu Mujyi rwagati wa Lubumbashi.

Ati: “Aha mu gace ka Poste, niho umukandinda wacyu ari busoreze Gahunda yose yo kw’iyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu ca RDC. Imigabo n’imigambi ye ku banyekongo naha aribuze kongera kuyibutsa abaturage.”

Christian Mwando Simba, yunzemo kandi ati: “Turasaba umuntu wese ushaka amajyambere y’igihugu kuzatora Moïse Katumbi. Ibyavuga ijana kwijana azabikora kandi neza, ibyo ndabibizeza.”

Moïse Katumbi, aragera i Lubumbashi, avuye mu Mujyi wa Kolwezi, mu Ntara ya Lualaba, mbere y’uko agera Lualaba, yabanjye ahitwa Fungurume, ibi akaba ari ibice bifite abaturage benshi bakunze kandida nimero 3, Moïse Katumbi Chapwe, aho ndetse bivugwa ko ubwo yiyamarimaza ga muri ibi bice yagiye y’itabirwa n’Abantu benshi barakubitaga bakizura ibi bibuga.

Tubibutsa ko mu cyahoze cyitwa Katanga, abaturage bahaturiye hafi yabose bashigikiye Moïse Katumbi Chapwe.

Muri bimwe Katumbi Chapwe, yagiye agaruka ho cyane harimo ko “Intambara imaze igihe muri RDC ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu, yo yirangiza mu gihe kitarenze amezi atatundatu(6).”

Bruce Bahanda.

Tags: 3Asoreza Gahunda yo kw'iyamamariza k'umwanya w'u mukuru w'igihuguI LubumbashiKatumbi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Maï Maï yo mu Lweba no kuri Mugela, bahamagariwe ku gaba ibindi bitero mu Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?