Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Lundu FARDC yarasahuye imaraho ibintu by’abaturage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 30, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba FARDC yashoye ku baturage ba Banyamulenge mu Minembwe, aka kanya, menya uko byifashe.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Lundu FARDC yarasahuye imaraho ibintu by’abaturage.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abaturage b’i Lundu bagiye gusuzuma mu mihana bahunzemo basanga ingabo za Congo zarasahuye ibintu byose mu mazu.

I mihana y’i Lundu, FARDC ya yigabyemo igitero tariki ya 25/12/2024 ni bwo abaturage baho bahise bahunga berekeza mu duce tutagabwemo ibitero.

Ibyo bitero bya FARDC mu baturage yabikomereje mu y’indi mihana iherereye muri komine Minembwe muri Kivu y’Amajy’epfo, nka hitwa ku Runundu kuri Evomi no kuri Ugeafi ndetse no kuri Lwiko.

Uyu munsi ni bwo bamwe mu baturage bari barahunze bava i Lundu ahabereye intambara, bagiye gusuzuma bageze muri iyo mihana yabo bayisangamo izo ngabo, banasanga zarayisahuye kandi zisahura ibintu byose, ibirimo amasafuriya, amasahani n’ibindi.

Ubuhamya bugira buti: “Iwacu twahasanze abasirikare ba Leta, ariko batubonye bahita bagenda. Twageze mu mazu dusanga ibintu byose babisahuye. Bajanye n’amasafuriya n’amasahani ndetse n’ibikombe.”

Bukomeza bugira buti: “Icyatubwiye ko ari FARDC n’uko batubonye bava mu mihana, kandi bari bafite n’ibintu bahambiriye mu mifuka. Twatinye ku babaza kuko bari kutwitica. Bagiye bikoreye.”

Utwo duce twagaragayemo iryo sahurwa rikomeye ni kwa Buhimba no hakurya muri 8ème CEPAC mu Banyabyinshi.

Ibindi byasahuwe n’ibirimo imyenda, ibisaswa, ibiryo (amafu, ibishimbo n’ibigori), n’ibindi.

Iminsi ibiri irashyize nta ntambara ibera mu Minembwe, nyuma y’aho kuva ku wa gatatu, ku wa kane no ku wa gatunu wa kiriya Cyumweru gishize, hari ibitero bikaze aho iz’i ngabo za Congo zagabaga ibitero bikaze mu baturage.

Tags: FardcI LunduYasahuye
Share41Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Idini Gatolika muri RDC ryamaganye FARDC.

Idini Gatolika muri RDC ryamaganye FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?