Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Masisi haramukiye ibitero byagabwe n’ihuriro ry’ingabo za RDC mugihe i Arusha mu Gihgugu ca Tanzania hateraniye i Nama yiga k’u mutekano wa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 22, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U mutwe wa ARC/m23, urashinja Ingabo za leta ya Repubulika ya Demokorasi ya Congo, gutera i bi Bomba mu bice bituwe n’abaturage muri Kalenga na Kirolilwe, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko umuyobozi w’uriya mutwe wa ARC/m23, Bertrand Bisimwa, yabitangaje yavuze ko biriya bisasu byarashwe igihe cyasaha mbili z’igitindo(8:20Am), cyo kuri uy’u wa Gatatu,tariki 22/11/2023.

Bisimwa yagize ati: “Ingabo zacyu za ARC/m23, zirimo gukora ibishoboka byose ngo zirwanye ririya huriro ry’ingabo za Guverinema ya Kinshasa, za zindutse zirasa ibisasu mu bice bituwe n’abaturage muri Kalenga na Kirolilwe.”

Yakomeje agira ati: “Biriya bisasu birimo kuraswa n’ingabo za Kinshasa bigamije gukura abaturage u mutima.”

No kumunsi w’ejo hashize, tariki 21/11/2023, i huriro ry’ingabo za Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi na Wazalendo, bokoze biriya bitero mu nkengero z’u mujyi wa Kitshanga aho barimo batera ibisasu bikarwa muri Kitshanga na Kirolilwe. Gusa Ingabo z’u mutwe wa ARC/m23 zaje kurwana kubaturage birangira birukanye ziriya ngabo z’irwanira leta ya Kinshasa, bahungira ahitwa Mweso no mu nkengero zaho.

Imirwaro hagati y’ingabo za RDC n’u mutwe wa M23 uri mubyatunye abakuru b’i bihugu bongera guhurira i Arusha mu Gihgugu ca Tanzania aho barimo kwiga k’u mutekano ukomeje kuzamba M’uburasirazuba bwa RDC.

Nk’uko byavuzwe iriya Nama ngwikaba iza no kwibanda cyane k’umubano wa leta y’u Rwanda na Repubulika ya Demokorasi ya Congo. N’imugihe u mubano w’ibyo bihugu byombi ukomeje kuzamo amakimbirane leta ya Kinshasa ikomeza gushinja Kigali kuba nyiribayazana w’ibibazo biri muri RDC ahanini M’uburasirazuba bw’iki Gihgugu. Kigali yakomeje gutera utwatsi ibi birego hubwo igashinja Kinshasa kunanirwa gukemura ibibazo byabo ndetse no gukorana byahafi n’u mutwe w’itwaje imbunda wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

I Nama iri Arusha mu Gihgugu ca Tanzania, yateguwe n’ibihugu by’Afrika y’iburasizuba (EAC), perezida wa RDC byavuzwe ko nawe ya yitabiriye n’ubwo yari mu gikorwa cyo kw’iyamamaza k’umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.

Bruce Bahanda.

Tags: Hateraniye i Nama yiga k'u mutekano wa RDCI Arusha mu Gihgugu ca TanzaniaI Masisi haramukiye ibitero byagabwe n'ihuriro ry'ingabo za FARDC FDLR Wagner na Wazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I Masisi, haramukiye ibitero byagabwe n'ihuriro ry'ingabo za RDC, mugihe muri Arusha mu Gihgugu ca Tanzania hateraniye i Nama yiga k'u mutekano w'u burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?