• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2024
in Regional Politics
0
I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Iyi mirwano iremereye yabaye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yubuye igihe c’isaha umunani z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 21/08/2024, aho iri kubera mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabereye mu duce tubiri, akitwa Rupfunda na kandi kitwa Rukopfi two muriyi teritware ya Masisi, utu duce tu kaba duherereye nko mu birometero 10 uvuye muri centre ya Bihambwe.

Ni imirwano yongeye kumvikanomo imbunda ziremereye n’izito, nyuma y’iyindi mirwano yabaye ahar’ejo tariki ya 20/08/2024. Usibye ko iyi mirwano yabaye ku munsi w’ejo yo, yarimo ibera ahitwa Katwa ho muri teritware ya Lubero.

Nta byinshi byari byatangazwa kuri iyi mirwano, nubwo yabaye mu masaha y’igitondo cya kare, ariko amakuru agera kuri MCN dukesha abaturiye ibyo bice, avuga ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa niryo ryagabye ibitero mu birindiro bya M23, uyu mutwe nawo uza kwirwanaho.

Kugeza ubu M23 iracyagenzura n’ubundi ibi bice yarimo, hubwo iri huriro ry’ingabo ryagabye ibitero kuri uyu mutwe byarangiye riyabangiye ingata.

Ku rundi ruhande, intumwa z’u Rwanda ziyobowe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga n’ubutwererane wayo, Olivier Duhungirehe yageze i Luanda muri Angola aho yahahuriye n’izindi ntumwa za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nazo ziyobowe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’iki gihugu mu biganiro bigamije gushakira amahoro u Burasirazuba bwa RDC.

Mu biganiro kandi biheruka kubera aha i Luanda bihuje u Rwanda na RDC, impande zombi zari zumvikanye guhagarika imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ariko imirwano ishamiranije impande zombi ikaba igikomeje. Gusa M23 yari yaburiye RDC n’u Rwanda ndetse na Angola ko bo batarebwa n’ayo masezerano yo guhagarika intambara yumvikanyweho mu biganiro byari byahuje u Rwanda na Congo, Kinshasa ngo kuko wo utari wabitumiwemo.

Agahenge ka mahoro, nk’uko byari biteganyijwe kagombaga gutangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoMasisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Ijoro ryaraye rikeye ngo ryari umubabaro ku baturiye u mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa RDC.

Ijoro ryaraye rikeye ngo ryari umubabaro ku baturiye u mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?