• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2024
in Regional Politics
0
I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Masisi haramukiye imirwano ikaze hagati y’umutwe wa M23 n’ingabo za RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Iyi mirwano iremereye yabaye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yubuye igihe c’isaha umunani z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 21/08/2024, aho iri kubera mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi mirwano yabereye mu duce tubiri, akitwa Rupfunda na kandi kitwa Rukopfi two muriyi teritware ya Masisi, utu duce tu kaba duherereye nko mu birometero 10 uvuye muri centre ya Bihambwe.

Ni imirwano yongeye kumvikanomo imbunda ziremereye n’izito, nyuma y’iyindi mirwano yabaye ahar’ejo tariki ya 20/08/2024. Usibye ko iyi mirwano yabaye ku munsi w’ejo yo, yarimo ibera ahitwa Katwa ho muri teritware ya Lubero.

Nta byinshi byari byatangazwa kuri iyi mirwano, nubwo yabaye mu masaha y’igitondo cya kare, ariko amakuru agera kuri MCN dukesha abaturiye ibyo bice, avuga ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa niryo ryagabye ibitero mu birindiro bya M23, uyu mutwe nawo uza kwirwanaho.

Kugeza ubu M23 iracyagenzura n’ubundi ibi bice yarimo, hubwo iri huriro ry’ingabo ryagabye ibitero kuri uyu mutwe byarangiye riyabangiye ingata.

Ku rundi ruhande, intumwa z’u Rwanda ziyobowe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga n’ubutwererane wayo, Olivier Duhungirehe yageze i Luanda muri Angola aho yahahuriye n’izindi ntumwa za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nazo ziyobowe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’iki gihugu mu biganiro bigamije gushakira amahoro u Burasirazuba bwa RDC.

Mu biganiro kandi biheruka kubera aha i Luanda bihuje u Rwanda na RDC, impande zombi zari zumvikanye guhagarika imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ariko imirwano ishamiranije impande zombi ikaba igikomeje. Gusa M23 yari yaburiye RDC n’u Rwanda ndetse na Angola ko bo batarebwa n’ayo masezerano yo guhagarika intambara yumvikanyweho mu biganiro byari byahuje u Rwanda na Congo, Kinshasa ngo kuko wo utari wabitumiwemo.

Agahenge ka mahoro, nk’uko byari biteganyijwe kagombaga gutangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCImirwanoMasisi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ijoro ryaraye rikeye ngo ryari umubabaro ku baturiye u mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa RDC.

Ijoro ryaraye rikeye ngo ryari umubabaro ku baturiye u mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?