Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I misozi ya Uvira iravugwamo Interahamwe ninshi nyuma y’uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye mu Minembwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 8, 2024
in Regional Politics
1
I misozi ya Uvira iravugwamo Interahamwe ninshi nyuma y’uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye mu Minembwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Interahamwe z’ibarizwa mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, bavuzwe ku bwinshi mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’i bya vuzwe nyuma y’uko Komanda secteur wa Uvira, Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yari yagiriye uruzinduko k’uwa Kabiri, tariki ya 06/02/2024, mu misozi miremire y’Imulenge, muri komine Minembwe, aho yamaze umwanya utari muto yongera y’urira indege asubira Uvira.

Uru ruzinduko rwa Gen Mwehu Lumbu Evariste, amasoko ya MCN avuga ko atigeze agirana ikiganiro n’abaturage, nk’uko abandi basirikare ba kuru babigenza iyo bageze mu Minembwe.

Mwehu, yageze mu Minembwe akorana ikiganiro n’abasirikare ba Fardc bo muri brigade ya 12, hamwe n’Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu itsinda rya TAFOC ziri mu Minembwe.

MCN yabwiwe ko iki kiganiro cy’ibanze ku mutekano aho cyarangiye ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Minembwe bahita bahamagaza Interahamwe zari i Kilembwe, muri teritware ya Fizi, bazitegeka kuva i Kilembwe zikagana mu Rurambo, muri teritware ya Uvira.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Interahamwe kuri ubu zazamutse ziva iki Lembwe, zigana mu misozi ya Uvira, zikaba zisutse ku bwinshi ahitwa Kangovu, muri Localite ya Gitoga, Grupema ya Bapfulero, teritwari ya Uvira.

Amakuru amwe avuga ko iz’i nterahamwe zoba zigiye koherezwa muri Plaine Dela Ruzizi, andi makuru akavuga ko boba bagiye koherezwa mu Ntara ya Kivu Yaruguru ku rwanya m23.

Akarere ka Gitoga kugeza mu Gitembe(Kigunda) muri Rurambo, kagenzurwa n’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu itsinda rya TAFOC.

Kuri ubu izo nterahamwe bivugwa ko zirimo kwivanga n’Ingabo z’u Burundi.

Tu bibutseko agace ka Gitoga kwariyo centre nini ituwemo n’Abapfulero n’Abatwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Imisozi ya UviraInterahamwe ninshiNyuma y'uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abantu batanu barimo n’uwari umukire, Kika Musimbi, nibo bapfuye bakundukiweho n’ubutaka muri Kivu y’Amajy’epfo.

Abantu batanu barimo n'uwari umukire, Kika Musimbi, nibo bapfuye bakundukiweho n'ubutaka muri Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. Gasore says:
    1 year ago

    Imana niyo izi ibiti Imbere gusa izi naho bizarangirira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?