• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I misozi ya Uvira iravugwamo Interahamwe ninshi nyuma y’uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Regional Politics
1
I misozi ya Uvira iravugwamo Interahamwe ninshi nyuma y’uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye mu Minembwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Interahamwe z’ibarizwa mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, bavuzwe ku bwinshi mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’i bya vuzwe nyuma y’uko Komanda secteur wa Uvira, Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yari yagiriye uruzinduko k’uwa Kabiri, tariki ya 06/02/2024, mu misozi miremire y’Imulenge, muri komine Minembwe, aho yamaze umwanya utari muto yongera y’urira indege asubira Uvira.

Uru ruzinduko rwa Gen Mwehu Lumbu Evariste, amasoko ya MCN avuga ko atigeze agirana ikiganiro n’abaturage, nk’uko abandi basirikare ba kuru babigenza iyo bageze mu Minembwe.

Mwehu, yageze mu Minembwe akorana ikiganiro n’abasirikare ba Fardc bo muri brigade ya 12, hamwe n’Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu itsinda rya TAFOC ziri mu Minembwe.

MCN yabwiwe ko iki kiganiro cy’ibanze ku mutekano aho cyarangiye ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Minembwe bahita bahamagaza Interahamwe zari i Kilembwe, muri teritware ya Fizi, bazitegeka kuva i Kilembwe zikagana mu Rurambo, muri teritware ya Uvira.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Interahamwe kuri ubu zazamutse ziva iki Lembwe, zigana mu misozi ya Uvira, zikaba zisutse ku bwinshi ahitwa Kangovu, muri Localite ya Gitoga, Grupema ya Bapfulero, teritwari ya Uvira.

Amakuru amwe avuga ko iz’i nterahamwe zoba zigiye koherezwa muri Plaine Dela Ruzizi, andi makuru akavuga ko boba bagiye koherezwa mu Ntara ya Kivu Yaruguru ku rwanya m23.

Akarere ka Gitoga kugeza mu Gitembe(Kigunda) muri Rurambo, kagenzurwa n’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mu itsinda rya TAFOC.

Kuri ubu izo nterahamwe bivugwa ko zirimo kwivanga n’Ingabo z’u Burundi.

Tu bibutseko agace ka Gitoga kwariyo centre nini ituwemo n’Abapfulero n’Abatwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Imisozi ya UviraInterahamwe ninshiNyuma y'uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abantu batanu barimo n’uwari umukire, Kika Musimbi, nibo bapfuye bakundukiweho n’ubutaka muri Kivu y’Amajy’epfo.

Abantu batanu barimo n'uwari umukire, Kika Musimbi, nibo bapfuye bakundukiweho n'ubutaka muri Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Imana niyo izi ibiti Imbere gusa izi naho bizarangirira

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?