Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

I Nakivale, hateguwe igiterane kidasanzwe cyo gusengera igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 10, 2023
in Religion
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Nakivale, muri District ya Isingiro, mu m’Ajyepfo y’Igihugu ca Uganda, hateguwe igiterane gikaze, kw’itariki 15-17/12/2023, gifite Intego yo gusengera intambara zigize igihe zibica bigacika mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

N’Igiterane cya teguwe n’Ishirahamwe ry’Abanyamasengesho bi bumbiye mucyiswe “Itwari z’Imana, Ministry.”

Nk’uko perezida w’iyi Ministry, muri Uganda bwana Mutware, yabwiye Minembwe Capital News, yavuze ko iki giterane gifite Intego imwe gusa ar’iyo gusengera igihugu cyabo cya RDC.

Yagize ati: “Kubera Intambara zanze kurangira iwacyu muri Congo Kinshasa, ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu, twatekereje ko tugomba gukora igiterane kidasanzwe tugasenga Imana igakinga amarembo Intambara ziturukamo.”

Mutware, yakomeje avuga ati: “Tuzasenga kandi twizeye neza ko haricyo Imana izakora u Burasirazuba bwa RDC, bukagarukamo amahoro. Turabyizeye kandi twatumiyemo n’Abayobozi bacu.”

Ibi ba biteguye mu gihe kandi intambara zongeye gukara ahanini mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ni mugihe u mutwe wa M23 ukomeje gusakirana n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23, harimo FDLR, Wagner, Imbonerakure z’u Burundi ndetse na Wazalendo.

Iriya mirwano kandi yongeye kubura mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Misozi miremire y’Imulenge.

Ir’ishirahamwe rya “Intwari z’Imana, ni ministry bivugwa ko ifite icyicaro gikuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ikaba yaratangijwe na bwana Fabrice Kimararungu, akaba yarayitangiriye i Burundi, kuri ubu aherereye muri Amerika.

N’i Minisiteri (ministry), bivugwa ko yoba imaze imyaka ikaba kaba 7, mugihe muri Uganda ho imaze imyaka itatu gusa. Umuvuga butumwa wa tumiwe muri icyo giterane ni Gitimbwa Jonas wa Ruhikira.

Gusa byavuzwe ko hatumiwemo n’abandi banyacyubahiro nka Reverend Joseph Mwumvira, Bishop Mbangutsi, harimo kandi n’Amakorali ndetse n’izindi ministries nka Gisubizo n’Abayumbe ba Nakivale.

Byavuzwe ko hazaba amasengesho adasanzwe, akazamara iminsi ibiri (2). Iki giterane kizababera neza mu kibanza cy’Itorero rya Shilo, giherereye muri Zone C ya Nyarugugu, i Nakivale.

Bruce Bahanda.

Tags: I Nakivale hateguwe igiterane kidasanzwe cyo gusengera igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post

Kandinda, Moïse Katumbi, i Kinshasa, yitabiriwe n'abantu benshi, maze abasezeranya kuzubaka Kinshasa u Mujyi uruta indi mijyi yose yo muri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?