• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

I Nyangezi, umushumba w’itorero yashinjwe icaha cokuba akunda kuzindukira m’u Rwanda ngo nokuba yarabayeho umusirikare.

minebwenews by minebwenews
October 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kanisa rya Representation Du Congo i Nyangezi, Abayobozi baryo barakemangwa ngo kuba barigezeho kuba abasirikare mungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ko ndetse kandi ngo bakunze nogukora ingendo mugihugu c’u Rwanda.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira n’uko iyi Paroisse y’iri Torero rya Representation Du Congo irahitwa Nyangezi riyobowe n’umushumba uzwi kw’izina rya Fuririza, kuri ubu aherereye mugihugu c’u Rwanda. Aya makuru yemeza ko uyu Mushumba ko yahunze azira ngokuba yarabayeho umusirikare.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga ivuga ko i Nyangezi, hasanzwe amakanisa abiri (2) ayobowe n’Abashumba ba Banyamulenge, harimo irya Source Du Salut, riyobowe na Apôtre Mukwiza kuri ubu atuye Canada, yahoze mwi’ikanisa rya Restauration Church riri i Kimisagara mugihugu c’u Rwanda, hakaba n’iri rya Representation Du Congo rifite ama Paroisse atatu(3) mu Ntara zibiri za RDC Paroisse ya Nguba iherereye i Bukavu arinayo yavutse Mbere hakaba na Paroisse iri Bunia, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yavutse nyuma gato y’iya Bukavu haza kuvuka n’iyi Paroisse ya Nyangezi.

Minembwe Capital News, yabwiwe ko iyi Paroisse ikimara kuvuka Abakirisitu bayo n’ibo bonyine biguriye i kibanza kandi bu baka iri torero uherereye k’umusingi ukageza kw’ibati, buzira guhabwa inkunga iyariyo yose na Kominote.

Uwatanze ayamakuru yagize ati: “Ntankunga n’imwe twigeza duhabwa na kominote ni kanisa ry’ubatswe natwe abakirisitu twenyine guhera kumusingi ukaza kw’ibati. Ubu n’ikanisa rifite Amakaro yewe nawe urigezemo watangara!!”

Y’unzemo kandi ati: “Gusa ico Kominote yadufashije n’ukuduha Sous Couvert (Ibyangombwa).”

Iri kanisa rimaze kuzura nk’uko aya makuru agera kuri Minembwe Capital News, Abakirisitu bary’ubatse bahisemo kwandikisha ibyangombwa k’umazina y’Abagabo ba bihagazemo kugira ngo iri Kanisa ry’uzure arinaho havuye ishosho yose kugira ngo aba bayobozi bomuri Paroisse ya Nguba i Bukavu batangire kubashoraho intambara.

Umwe muraba ba Kirisitu utashatse kwivuga izina yagize ati: “Aba bayobozi ba Paroisse ya Nguba i Bukavu, twabimye dokima yanditswe ho amazina y’Abagabo b’ubatse iri kanisa. Batangira kuturega kumusirikare Mukuru wa Region ushinzwe imanza(TD).”

“Ico tudashidikanya hari Abanyamulenge batugambanira kandi harabo dukeka nibo basaba iyi Paroisse ya Nguba i Bukavu, kuja kudushira mu nkinko. Yewe bageze naho barega Reverend Fuririza ngo yahoze ari umusirikare ngo kandi akunda kuzindukira m’u Rwanda, byatumye ahunga.”

Y’unzemo kandi ati: “Hari Abanyamulenge bafite ishari bijibana n’abari kuduhamba. Turabamaganye ntabwo tuzatanga dokima n’ubwo Fuririza yahunze ariko ntituzamutererana.”

Kuri uyu wa Gatandatu, w’i Cyumweru gishize abashinzwe umutekano bari baje gukinga iri Kanisa ariko birangira batarifunze nk’uko twabibwiwe kuri Minembwe Capital News. Igiteye amashaka aba baje kurifunga bavuze ko ngo “umushumba waryo ngo akunze kuzindukira m’u Rwanda,” ngo kandi “yabayeho Umusirikare, ngo akivamo bitemewe n’amategeko.”

By Bruce Bahanda.

Tags: I NyangeziRdcUmunyamulengeUmushumba w'itorero yashinjwe icaha cokuba akunda kuzindukira m'u Rwanda ngo nokuba yarabayeho umusirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ko zihangayikishijwe n'ihonyora ikiremwa muntu rikomeje kubera M'uburasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?