Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

I “Uvira tugize ikibazo,” ubutumwa butanzwe n’Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 12, 2025
in Conflict & Security
0
Akabi ngo gasekwa nka keza, ibyagaragaye i Uvira ni agahomeramunwa.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I “Uvira tugize ikibazo,” ubutumwa butanzwe n’Abanyamulenge.

You might also like

Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.

Icyo umwe mubagize Twirwaneho yavuze ku mipango mibi ihuriro ry’ingabo za RDC ziri gupangira i Mulenge.

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko hari Umunyamulenge wafashwe na Wazalendo bitera ubwoba abasigaye ni mu gihe muri icyo gice hari umutekano muke wabo.

Ni mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 12/05/2025, ni bwo uwo munyamulenge bivugwa ko yari n’umu-prefet kw’ishuri rimwe ryo muri Uvira yafashwe na Wazalendo.

Abari i Uvira, umwe muri bo yabwiye Minembwe Capital News ati: “Uvira tugize ikibazo. Bafashe umugabo witwa Kizeze ni préfet ku masomo hano i Uvira.”

Uyu kandi yongeye ati: “Ba musanze iwe mu rugo. Abazalendo baramujana.”

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga ni ko mukumujana bamwerekeje muri Quartier iyo bivugwa ko iteye ubwoba yitwa Kiribura. Ni yo biciramo abatavuga rumwe na bo nk’uko byakomeje bivugwa.

Byanavuzwe ko Kizeze we asanzwe atuye kuri Karyamabenge iherereye mu mujyi wa Uvira.

Hari n’u butumwa bw’amajwi bwumvikanye butabariza Kizeze, aho uwamutabarizaga yavuze ko Wazalendo bamujanye nabi, ni mu gihe ngo bagiye bamukubuta. Ndetse ko bafashe n’inkweto zabo bazirambika mu rugo kwa Kizeze bavuga ko ari we wazihazanye.

Abanyamulenge bari i Uvira bagize igihe baterwa ubwoba n’ihuriro ry’ingabo za Congo. Zibashinja ururimi bavuga rw’ikinyarwanda no kuba ari Abatutsi.

Uvira ni igice kigwiriyemo ingabo zirimo iza FARDC iz’u Burundi, imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR zatsinzwe intambara i Goma, Bukavu n’ahandi nka Kamanyola na Nyangenzi.

Ibi bituma bibasira Abanyamulenge n’abasa n’abo babashinja kuba ari benewabo n’umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho igize igihe ibajegeza mu Burasizuba bwa Congo.

Tags: AbanyamulengeIkibazoKizezeUvira
Share42Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.

Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa. Umugabo uheruka guhabwa akazi ku busekirite mu nkambi y'i mpunzi ya Musasa iherereye mu ntara ya...

Read moreDetails

Icyo umwe mubagize Twirwaneho yavuze ku mipango mibi ihuriro ry’ingabo za RDC ziri gupangira i Mulenge.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.

Icyo umwe mubagize Twirwaneho yavuze ku mipango mibi ihuriro ry'ingabo za RDC ziri gupangira i Mulenge. Amakuru aturuka i Baraka muri teritware ya Fizi, yemeza ko ihuriro ry'ingabo...

Read moreDetails

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi.

Robert arashinjwa kwivanga mu matora ya Chef-de Camp i Burundi. Byiringiro Robert uwo Abanyamulenge bakunze kwita Umunyakagara baramushinja gucuragurira amatora ayo biteguriramo gutora umuyobozi mukuru w'impunzi z'Abanye-Congo zibarizwa...

Read moreDetails

Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n’umusirikare wa FARDC.

by Bruce Bahanda
May 13, 2025
0
Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n’umusirikare wa FARDC.

Abarenga umwe barasiwe mu rusengero n'umusirikare wa FARDC. Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yarasiye abantu batatu mu rusengero barimo basenga arabica abandi n'abo...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe.

by Bruce Bahanda
May 11, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe.

Ingabo z'u Burundi zagize uruhare mu kugarura zimwe mu nka zarizanyazwe. Inka zibiri n'izo Ingabo z'u Burundi zagaruye mu nka 10 z'Abanyamulenge bo mu Bibogobogo zaraye zinyazwe n'inyeshyamba...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe amakuru y’urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y’Epfo.

Hatangajwe amakuru y'urupfu rutunguranye rwa visi guverineri wa Kivu y'Epfo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?