• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibarura ryakozwe ku mpunzi n’abanyamahanga mu gihugu cy’u Burundi ngo riteye impungenge kuri bamwe.

minebwenews by minebwenews
March 29, 2024
in Regional Politics
0
Ibarura ryakozwe ku mpunzi n’abanyamahanga mu gihugu cy’u Burundi ngo riteye impungenge kuri bamwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibarura ryakorewe Abanyamahanga n’impunzi, mu gihugu cy’u Burundi ngo riteye amakenga Abanyarwanda baba muri icyo gihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ibarura rya kozwe kuva tariki ya makumyabiri na zitandatu, rirangira kuri makumyabiri n’umunani z’u kwezi kwa Gatatu, uyu mwaka.

Iri barura ryakozwe nyuma yuko byari byasabwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, binyuze muri minisiteri y’umutekano iyobowe na minisitiri Martin Niteretse. Ni mu gihe Niteretse yari yatanze itangazo avuga ko “Impunzi n’Abanyamahanga basabwa ku barurwa ku mpamvu z’u mutekano w’i gihugu cyabo.

Nk’uko ijwi ry’Amerika dukesha ay’amakuru yabitangaje, ivuga ko “abitabiriye iryo barura abenshi bari Abanyekongo naho Abanyarwanda ko bari bake cyane.”

Ivuga kandi ko “ku ma biro menshi yakoreweho ibarura ko hari ahatigeze hagaragara Abanyarwanda, wabonaga gusa Abanyekongo gusa.”

Bamwe mu bitabiriye iryo barura bahaye ubuhamya ijwi ry’Amerika bavuga ko “bakeka ko iryo barura rishobora kuba leta yari gamije ku menya umubare w’Abanyarwanda batuye muri iki gihugu cy’u Burundi.”

Iy’i nk’uru ikomeza ivuga ko “hari ibarura ryari ryakozwe mw’ibanga rikorerwa ku Banyarwanda ariko leta y’u Burundi nti yizera ibyavuyemo, bityo bategura iri rivuyemo.”

I byu’u Burundi n’u Rwanda byajemo umwuka mubi ahagana mu mpera z’u mwaka ushize n’inyuma yuko umutwe winyeshamba wa Red Tabara wari wagabye ibitero mu bice byo mu Gatumba, aha hana imbibi n’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibyo byatumye umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Ndayishimiye, ashinja u Rwanda gushigikira uwo mutwe, ibyo u Rwanda rwateye utwatsi.

Nyuma minisitiri Martin Niteretse w’u Burundi ubwo yari mu ruzinduko mu Ntara ya Kayanza ahagana mu ntangiriro z’u kwezi kwa Mbere, uy’u mwaka, yahise atangaza ko imbibi z’i huza u Rwanda n’u Burundi zifunzwe, anavuga ko u Burundi budashaka Abanyarwanda mu gihugu cyabo.

Hagati aho leta y’u Rwanda yo yahise ihumuriza Abarundi baba mu gihugu cy’u Rwanda, binyuze mu muvugizi w’icyo gihugu w’u ngirije Alain Mukularinda.

Abasaba gutekana aho bari hose mu Rwanda.

                   MCN.
Tags: AbanyamahangaAbanyarwandaAbanyekongoBurundiIbarura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri gereza y’i Roma, umushumba mukuru w’idini katolika ku isi, Papa Francis yakoze igikorwa gisa nicyo Yesu yakoze akiri mu Isi.

Muri gereza y'i Roma, umushumba mukuru w'idini katolika ku isi, Papa Francis yakoze igikorwa gisa nicyo Yesu yakoze akiri mu Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?