• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibi Bomba by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byishe abaturage basaga 10, muri Mweso.

minebwenews by minebwenews
January 25, 2024
in Regional Politics
0
Ibi Bomba by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byishe abaturage basaga 10, muri Mweso.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 25/01/2024, ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, bateye iki bombe cyica abantu ba barigwa mu icyumi (10), abandi benshi bakomeretse; n’ibyabereye mu gace ka Mweso, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Nk’uko bya vuzwe n’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya, FARDC, FDLR, Abacanshuro, Ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC, barashe igisasu kunzu y’umuturage, Maman Cynthia, utuye Mweso, birangira icyo gisasu gisambuye iyo nzu cyica n’abaturage abandi benshi barakomereka.

Abagera mu icyumi nibo bamaze kumenyekana ko bapfuye abandi bataramenyekana umubare bakomerekejwe nicyo kibombe, ni byatangajwe na Radio y’abaturage ya Mweso.

Herekanwe n’iphoto zigera muri zitatu zigaragaza ibyabaye muri Mweso, izophoto zigagaramo abagore n’abana bamwe bacitse amaguru, amaboko abandi wabonaga bacitse umutwe.

Ay’amakuru yanemejwe na perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zishe abaturage baturiye Mweso, bateye ikibombe hagati mu baturage abaturage bapfuye abandi bakomeretse bikabije.”

Yakomeje agira ati: “Intumbi zabana n’abagore, zirimo ku garagara. Birababaje cyane.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaMasisiMwesoZishe abaturage basaga 10
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo ingabo z’u Burundi, bari bakurikiye Inka z’Abanyamulenge ziheruka kwi birwa ku Ndondo ya Bijombo, bagarutse gutyo.

Abarimo ingabo z'u Burundi, bari bakurikiye Inka z'Abanyamulenge ziheruka kwi birwa ku Ndondo ya Bijombo, bagarutse gutyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?