• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibibombe biremereye byishe abasivile muri Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
March 21, 2024
in Regional Politics
0
Ibibombe biremereye byishe abasivile muri Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibibombe byahitanye abasevile muri Centre ya Minova.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Ni ahagana isaha z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, w’ejo hashize, tariki ya 20/03/2024, n’ibwo ibisasu bibiri binini, byaguye muri centre hagati ya Minova, muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Amasoko ya Minembwe Capital News, akavuga ko ibyo bibombe ko byishe abasivile babiri abandi bataramenyekana umubare barakomereka.

Gusa, amakuru amwe avuga ko ibyo bibombe ko byaba byaratewe n’abantu bari baherereye mu misozi ya Bwerimana, agace gafite ubutaka bukora muri teritware ya Masisi na teritware ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ariko na none umwe mu barwanyi ba M23 yabwiye MCN ko ibyo bibombe ko byarashwe n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bikaza gusiga byishe abo basivile babiri.

Ibyo bibaye mu gihe ibitero bya FARDC n’ababafasha kurwana na M23, byari bimaze iminsi ibiri byibasira i nkengero za centre ya Sake muri Grupema ya Kamuronza.

Ibi bitero byavuzwe mo ko FARDC, n’abambari bayo ko bakoresheje i bibunda biremereye mu kurasa ahari ibirindiro bya M23 naho abaturage batuye, ariko bikaza kurangira M23 ihagaritse ibyo bitero, ndetse ishwanyaguje ibifaru bya SADC.

Ni mu gihe kandi Monusco iri gushinja M23 kurasa ibisasu mu birindiro byabo biri i Mubambiro, mu duce two muri teritware ya Masisi.

Kimwe ho umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aheruka gushira inyandiko hanze zishinja ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, gutiza ibirindiro byayo ihuriro ry’imitwe irimo n’ingabo za RDC, FDLR, Wagner, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi na SADC. Ibyo ngo bikaba biri mubituma intambara iba ikagera n’ahari MONUSCO.

             MCN.
Tags: Byishe abasivile babiriFardcIbibombeM23Minova
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Ku murwa mukuru wa Ukraine, hagabwe igitero gikaze, gisa nicyo guhora.

Ku murwa mukuru wa Ukraine, hagabwe igitero gikaze, gisa nicyo guhora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?