• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23 bikomeje gusubiramo abaturage.

minebwenews by minebwenews
October 7, 2024
in Uncategorized
0
Ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23 bikomeje gusubiramo abaturage.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibice bigenzurwa n’umutwe wa M23 bikomeje gusubiramo abaturage.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ni ibice byo muri teritwari ya Lubero, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nibyo abaturage bari barahunze intambara bongeye kugarukamo ari benshi.

Abaturage bari barahungiye muri Butembo no hafi yaho ndetse no mu bindi bice byo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nibo bari gusubira i Lubero.

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe abimukira, IOM, ryagaragaje ko imibereho y’abahunze imirwano ikomeje kuzamba, bitewe n’uko batabona ibyo kurya bihagije ndetse n’ubuvuzi bw’ibanze.

Ibyo bibaye kandi mu gihe ubuyobobozi bw’uyu mutwe wa M23 bwasabye abahunze gutaha, bagatangira gukora ibikorwa bibafasha kwiteza imbere. Ikindi n’uko M23 yizeza aba baturage kubarindira umutekano, ndetse n’ubundi ibice byose uyu mutwe ugenzura biratekanye kuruta ahagenzurwa n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Perezida wa sosiyete sivile yo muri teritwari ya Lubero, Muhindo Tafuteni, yatangaje ko bitewe n’uko umutekano wizewe mu bice bigenzurwa na M23, kuva mu kwezi kwa 6 uyu mwaka abahunze benshi batangiye kubisubiramo.

Yagize ati: “Batangiye gutaha mu kwezi kwa gatandatu bitewe n’imibereho igoye cyane bari babayemo. Bamwe bahisemo kuza kugenzura uko ikibazo giteye. Abari gutaha ku bwinshi ni abari mu bice bikigenzurwa n’ingabo za RDC birimo Alimbongo, Busorobya, Kasingiri, Lubango na Bingi.

Uyu muyobozi wa sosiyete sivile, yasobanuye ko abahungiye Butembo n’ibindi bice birimo Musenene na Kyambogho na bo bateganya gusubira mu bice bigenzurwa n’umutwe wa M23.

Mu minsi mike ishize, umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yatangaje ko tariki ya 05/10/2024, abaturage babarirwa muri za miliyoni ari bo bamaze gusubira mu bice bagenzura byo muri teritwari ya Lubero, Rutshuru na Masisi.

Umutwe wa M23 wafashe ibice byo muri teritwari ya Lubero ahagana tariki ya 28/06/2024, nyuma yuko yari ya maze kwambura Fardc n’abambari bayo umujyi wa Kanyabayonga. Nyuma ukomeza kugenda wigarurira utundi duce two muri iyi teritwari.

           MCN.
Tags: AbaturageBari gusubiraLubero
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post
Kwivumbura kwa perezida Tshisekedi byavuzwe ko ari ugushakira igisubizo aho kitari.

Kwivumbura kwa perezida Tshisekedi byavuzwe ko ari ugushakira igisubizo aho kitari.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?