• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ibice bigera kuri 6, muri teritware ya Masisi na Rutsuru, byigarurirwa na M23 kuri uyu wa Kane, tariki 26/10/2023.

minebwenews by minebwenews
October 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu mirwano yabaye kuri uyu wa Kane, tariki 26/10/2023, yahuje M23 n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23, yasize uyu mutwe wa M23 wigaruriye ibice bigera kuri bitandatu(6), byomuri teritware ya Masisi na Rutsuru.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

N’ibice Byavuzwe kobirimo na Groupement ya Bambo, naza Localite nka Marangara, Kisangani, Busenene, Kibarizo na Butare.

Mu makuru Minembwe Capital News, yahawe yizewe nabaturiye ibyo bice, batubwiye ko murugamba rwabaye ejo ruhujije M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ( FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo), ko ar’izingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zatangiye iy’i mirwano nimugihe kumunsi w’ejo hashize, tariki 26/10/2023, Umuvugizi w’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Lt Col Ndjike Kaiko, yabwiye itangaza Makuru ko ingabo ze(FARDC) zikomeje kubahiriza amasezerano ya Luanda na Nairobi, n’amasezerano avugako hagomba kuba guhagarika intambara hagati y’impande zihanganye.

K’urundi r’Uhande muri Groupemant ya Kibumba na Buhumba, kuri uyu wo k’uwa Kane, M23 y’igaruriye uduce twinshi tugize izi Groupement iherereye muri teritware ya Nyiragongo. Amakuru avugako uy’umutwe wa M23 uri mubilometre icumi (10km) n’u Mujyi wa Goma.

Ay’amakuru akomeza avugako ko Wazalendo bagera mu magana ko bafashwe aribazima harimo nabo mu mutwe wa FDLR naho imbunda ziremereye n’izito ninshi zakoreshwaga nabo mwitsinda ry’ingabo za Hibaux bo k’uruhande rwa FARDC, iz’imbunda zabo kuri ubu zifitwe na M23, ibi tubihamirizwa n’umuvugizi wa M23, mubyapolitike, bwana Lawrence Kanyuka.

By Bruce Bahanda.

Tags: M23 yongeye kwisubiza ibice byinshi biherereye muri teritware ya Masisi na Rutsuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

U Mujyi wa Kibumba, waramukiyemo agahenge kamahoro, ndetse n'ibindi bice biri muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?