• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibice birimo Kanyabuki, by’i garuriwe n’ingabo za General Sultan Makenga, kuri uyu wa Mbere.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2024
in Regional Politics
0
Ibice birimo Kanyabuki, by’i garuriwe n’ingabo za General Sultan Makenga, kuri uyu wa Mbere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urusaku rw’imbunda ruracyakomeje ku mvikana mu bice bya Sake muri teritware ya Masisi no mu nkengero za Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Imirwano irabera neza mu misozi iri hejuru ya Centre ya Sake, mu gace ka Kihuli, Malehe, Nenero, Karuba, Kirotshe no mubundi bice biri mu nkengero zaho, ahanini muduce tubarizwa muri Grupema ya Kamoronza ariho Centre ya Sake ibarizwamo, ay’amakuru yemejwe na Sosiyete sivile ibarizwa muri ibyo bice.

Iy’i mirwano kandi iri kubera muri axe ya Kibumba-Goma, aho ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zagabye ibitero mu baturage no mu birindiro bya M23 bi hereye muri Kibumba na Buhumba, teritware ya Nyiragongo.

Nk’uko bya vuzwe uru rugamba ruri kubera mu bice bya Nyiragongo rwa size M23 ifashe agace ka Kanyabuki, agace kari hafi yo ku Maberey’inkumi.

Umwe mu barwanyi ba M23 ya hamirije Minembwe Capital News ko M23 imaze kwirukana ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu ma kambi atatu abarizwa muri Kanyamahoro, uduce turi mu ntera y’ibirometre 13 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

K’urundi ruhande Wazalendo bagabye igitero ku ngabo za MONUSCO muri centre ya Sake. Amakuru yakomeje kuvugwa n’abaturage baturiye ibyo bice bavuga ko Wazalendo bashinja Monusco kudashigikira ingabo za M23.

Ibi bibaye mugihe na Kinshasa hazindukiye imyigaragambyo ya magana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye; iyo myigaragabyo iramagana Monusco ndetse n’Imiryango mpuzamahanga, barashinjwa kutagaragaza umusaruro munshingano zabo no kudafasha ubutegetsi bwa Kinshasa kurangiza intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

K’u wa Gatandatu, w’i Cyumweru dusoje, urubyiruko rw’Abanyekongo muri Kinshasa bakoze imyigaragambyo simusiga batwika imodoka za Monusco ndetse bamisha n’amasasu ku ngabo za Monusco, ibi byaje kwa maganwa na Bintou Keita, intumwa y’umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye.

Keita yavuze ko ibi bituma hataba gufatanya kwa Monusco n’ingabo za RDC, kandi avuga ko hari ubufatanye.

Bruce Bahanda.

Tags: KanyabukiM23Y'igaruriye ibice
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Indege y’intambara ya Sukhoï-25, ibaye imwe mu mpamvu ibuza M23 gufata Centre ya Sake, mugihe byari byarangiye.

Indege y'intambara ya Sukhoï-25, ibaye imwe mu mpamvu ibuza M23 gufata Centre ya Sake, mugihe byari byarangiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?