• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiciro by’imigati mu Burundi birimo kuvuza ubuhuha, abaturage banavuze icyo bagiye gukora.

minebwenews by minebwenews
November 11, 2024
in Regional Politics
1
Ibiciro by’imigati mu Burundi birimo kuvuza ubuhuha, abaturage banavuze icyo bagiye gukora.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiciro by’imigati mu Burundi birimo kuvuza ubuhuha, abaturage banavuze icyo bagiye gukora.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu gihugu cy’u Burundi igiciro cy’imigati cyatumbagiye kigeraho kirenga igipimo ni mu gihe cyiyongereyeho amafaranga 1000 y’amarundi. Abaturage banasezeranya ko mu gihe Leta yoramuka ntacyo ikoze kuri icyo giciro bazakora imyigaragambyo ikomeye.

Iki giciro cyazamutse nyuma y’uko igiciro cy’ifarini kizamutseho.
Ndetse nyuma yabwo inganda zikora imigati nazo zihita zizamura ibiciro, nk’umugati wahoraga ugura 4,300 FB kuri ubu uragura 5,000 by’amafaranga y’amarundi.

Abafite inganda zikora imigati baravuga ko izamuka ry’ibiciro by’umugati ryaturutse ku kibazo cy’izamuka ry’igiciro cy’isukari kinamaze iminsi myinshi ibarirwa ku mezi 12 kiri muri iki gihugu cy’u Burundi, hakiyongeraho ikibazo cy’izamuka ry’igiciro cy’ibikomoka ku ngano b’irimo n’ifarini.

Abaturiye umurwa mukuru wa Bujumbura babwiye itangazamakuru ko ibi bintu bidashobora kwihanganirwa, basaba Leta kugira icyo ikora igiciro kigasubira uko cyari mbere y’amezi atandatu ashize.

Muri icyo gihe bivugwa ko igiciro cy’imigati kimaze kwikuba inshuro 2.
Aba baturage banavuze ko mu gihe Leta y’u Burundi yoramuka itagize icyo ikoze , nta minsi ishira batigabije imihanda mu myigaragmbyo yamagana iri zamuka ry’igiciro cy’umugati.

Tags: BujumburaIgiciro cy'imigatiUbuhuha
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano ikomeye yongeye kubura i Rutshuru muri Kivu Yaruguru.

Imirwano ikomeye yongeye kubura i Rutshuru muri Kivu Yaruguru.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy over the counter usa[/url] Are you going to take Clomid too

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?