• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.

minebwenews by minebwenews
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiganiro hagati ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byatangiye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/03/2024, Abayobozi bo munzego nkuru z’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bahuriye i Luanda muri Angola, bakaba baraganiriye ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Bikaba byatangajwe na minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Angola, aho yabitangaje ikoresheje urubuga rwa x, kuri uyu wa Gatanu.

Yatangaje iti: “intumwa zo ku rwego rwo hejuru zaturutse muri Repubulika y’u Rwanda no muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zahuye ejo ku wa Kane tariki ya 21/03/2024, i Luanda, mu rwego rw’u muhuza rwa Repubulika ya Angola, hagamijwe gusesengura ikibazo cy’u mutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.”

Intumwa z’u Rwanda zitabiriye ibi biganiro, zari ziyobowe na minisitiri w’u banye n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vicent Biruta, mu gihe k’uruhande rwa Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zari ziyobowe na minisitiri w’u banye n’amahanga, Christophe Lutundula.

Imyaka igiye kuba ibiri n’igice, hadutse umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa, kimwe gishinja ikindi gushigikira inyeshamba zihungabanya umutekano w’ikindi.

Kigali, ishinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda. Congo yo ishinja Kigali gutera inkunga u mutwe wa M23, gusa u Rwanda rubitera utwatsi.

Muri ibi biganiro birimo guhuza u Rwanda na Congo Kinshasa, Christophe Lutundula yongeye gushimangira ko leta ye itazigera igirana ibiganiro na M23.

                 MCN.
Tags: ibiganiroLuandaRdcU Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari  urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Kuva igihe c'amasaha y'igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?