• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in World News
0
Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Ibiganiro byo gushakira Ukraine amahoro byari bitaganyijwe kubera mu Bwongereza ntibyabaye bikiba nk’uko byari biteganyijwe kubera minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika atabagiyemo i Londre.

Ni biganiro byari bitaganyijwe gukorwa tariki ya 23/04/2025, haba impinduka zikomeye zatumye bitaba mu rwego rwo hejuru.

Amakuru avuga ko izo mpinduka zatewe nuko minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio, atabaye akibijamo i Londre mu Bwongereza.

Ibi biganiro byari guhuza abayobozi bakuru bo muri Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa ndetse na Ukraine, bagamije kurebera hamwe uko intambara imaze imyaka itatu ibera muri Ukraine yahagarara.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bwongereza, David Lammy, yasobanuye ko ibi biganiro byitabirwa n’abayobozi bo ku rwego rwo hasi nyuma y’aho minisitiri Rubio atabonetse.

Ababyitabiriye barimo intumwa ya perezida Donald Trump muri Ukraine no mu Burusiya, Lt.Gen.Keith Kellogg ndetse n’abahagarariye Ukraine barimo na minisitiri w’ubanye n’amahanga, Andrii Sybiha, na minisitiri w’ingabo, Rustem Umerov.

Minisitiri Rubio yari yasobanuye ko inama ya Londres ari yo Amerika izashyingira yemeza niba ibiganiro by’amahoro iri kugirana na Ukraine n’u Burusiya byakomeza cyangwa bigahagara. Nyuma y’aho atabonetse, icyemezo igihugu cyabo kizafata ntikizwi.

Amerika yari yagaragaje ko kugira ngo intambara ibera muri Ukraine ihagarare, bizasaba ko irekera u Burusiya ubutaka yabwambuye guhera ku kirwa cya Crimea gusa perezida Volodymyr Zelensky ku 22/04/2025 yasubije ko ibyo bitazashoboka.

Mu gihe Amerika yifuza ko habaho agahenge hagati y’impande zombi kugira ngo ibiganiro by’amahoro bibe mu mwuka mwiza, ibitero birakomeje. Hari icyo u Burusiya bwagabye mu ntara ya Dnipropetrovsk kuri uyu wa 23/04/2025, cyapfiriyemo abantu icyenda.

Ibiro bya perezida wa Ukraine, biheruka gutangaza ko inzira y’amahoro igoye ariko ko Ukraine ishaka gukomeza ibiganiro.

Bisobanura ko icyo Ukraine n’ibihugu by’inshuti bishaka ari uko habaho ihagarikwa ry’imirwano ryihuse, kuko ari yo ntambwe izafasha impande zihanganye kugera ku mahoro.

Tags: LondreRubioUkraine
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Goma: Igitero FARDC n’abambari bayo baraye bagabye kuri AFC/M23, yakibahereyemo isomo rikomeye.

Hamenyekanye icyatumye Wazalendo basubiranamo na FARDC i Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?