• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2025
in World News
0
Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiganiro kuri Ukraine byari bitaganyijwe mu Bwongereza byabayemo impinduka zikomeye.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Ibiganiro byo gushakira Ukraine amahoro byari bitaganyijwe kubera mu Bwongereza ntibyabaye bikiba nk’uko byari biteganyijwe kubera minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika atabagiyemo i Londre.

Ni biganiro byari bitaganyijwe gukorwa tariki ya 23/04/2025, haba impinduka zikomeye zatumye bitaba mu rwego rwo hejuru.

Amakuru avuga ko izo mpinduka zatewe nuko minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio, atabaye akibijamo i Londre mu Bwongereza.

Ibi biganiro byari guhuza abayobozi bakuru bo muri Amerika, u Bwongereza, u Bufaransa ndetse na Ukraine, bagamije kurebera hamwe uko intambara imaze imyaka itatu ibera muri Ukraine yahagarara.

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bwongereza, David Lammy, yasobanuye ko ibi biganiro byitabirwa n’abayobozi bo ku rwego rwo hasi nyuma y’aho minisitiri Rubio atabonetse.

Ababyitabiriye barimo intumwa ya perezida Donald Trump muri Ukraine no mu Burusiya, Lt.Gen.Keith Kellogg ndetse n’abahagarariye Ukraine barimo na minisitiri w’ubanye n’amahanga, Andrii Sybiha, na minisitiri w’ingabo, Rustem Umerov.

Minisitiri Rubio yari yasobanuye ko inama ya Londres ari yo Amerika izashyingira yemeza niba ibiganiro by’amahoro iri kugirana na Ukraine n’u Burusiya byakomeza cyangwa bigahagara. Nyuma y’aho atabonetse, icyemezo igihugu cyabo kizafata ntikizwi.

Amerika yari yagaragaje ko kugira ngo intambara ibera muri Ukraine ihagarare, bizasaba ko irekera u Burusiya ubutaka yabwambuye guhera ku kirwa cya Crimea gusa perezida Volodymyr Zelensky ku 22/04/2025 yasubije ko ibyo bitazashoboka.

Mu gihe Amerika yifuza ko habaho agahenge hagati y’impande zombi kugira ngo ibiganiro by’amahoro bibe mu mwuka mwiza, ibitero birakomeje. Hari icyo u Burusiya bwagabye mu ntara ya Dnipropetrovsk kuri uyu wa 23/04/2025, cyapfiriyemo abantu icyenda.

Ibiro bya perezida wa Ukraine, biheruka gutangaza ko inzira y’amahoro igoye ariko ko Ukraine ishaka gukomeza ibiganiro.

Bisobanura ko icyo Ukraine n’ibihugu by’inshuti bishaka ari uko habaho ihagarikwa ry’imirwano ryihuse, kuko ari yo ntambwe izafasha impande zihanganye kugera ku mahoro.

Tags: LondreRubioUkraine
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Goma: Igitero FARDC n’abambari bayo baraye bagabye kuri AFC/M23, yakibahereyemo isomo rikomeye.

Hamenyekanye icyatumye Wazalendo basubiranamo na FARDC i Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?