• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu bifasha umutwe w’iterabwoba wa FDLR, byo ngeye kwitwa ikibazo gikomeye mu muryango w’Abibumbye.

minebwenews by minebwenews
April 25, 2024
in Regional Politics
1
Ibihugu bifasha umutwe w’iterabwoba wa FDLR, byo ngeye kwitwa ikibazo gikomeye mu muryango w’Abibumbye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ambasaderi w’u Rwanda uhoraho w’u muryango w’Abibumbye Ernest Rwamucyo, yashimangiye ko igihugu gishigikira umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari ikibazo kitaziguye ku Rwanda.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni mu biganiro byahuzaga abagize akanama ka mahoro mu muryango w’Abibumbye, i New York muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aho barimo baganira ku mutekano wa karere ki biyaga bigari.

Muri ibi biganiro Rwamucyo Ernest Ambasaderi w’u Rwanda mu muryango w’Abibumbye, yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR wafatiwe ibihano n’umuryango w’Abibumbye ugihangayikishije umutekano w’u Rwanda ukaba unakomeje gukwirakwiza ingengabitekerezo ya genocide mu karere.

Yagize ati: “FDLR ni nayo yihishe inyuma y’umugambi wo gutsemba Abatutsi b’Abanyekongo ndetse no kwangiza uburenganzira bwa muntu mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Umutwe wa FDLR wavutse ku mitwe y’itwaje imbunda yashinzwe na Guverinoma y’abajenosideri yashingiwe mu mashyamba ya Congo nyuma yo kunamurwa kuri genocide yakorewe Abatutsi mu 1994.

Yakomeje agaragaza ko u Rwanda rutewe inkeke n’ubufatanye bw’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’uyu mutwe w’iterabwoba wa FDLR udahwema kugerageza guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Ati: “Kuba abajenosideri ba FDLR n’indi mitwe iyishamikiyeho byaremewe mu ngabo za FARDC iyitera inkunga ikayiha ubufasha bwa gisirikare, ubw’imari n’ubwa politiki bikaba bihangayikishije u Rwanda kuko FDLR ari ikibazo kitaziguye ku mutekano n’ubusugire bw’u butaka bwarwo.”

Yavuze kandi ko “Igitangaje ni uko, bamwe mu bakomeye bazi uko kuri basa n’abakwirengangije ahubwo bagakomeza gushyigikira ibinyoma bisebya leta y’u Rwanda, mu rwego rugaragara ko baba bagerageza guhakana jenoside no gukingira ikibaba abajenosideri.

Turifuza gushimangira ko imbaraga zose zikorana biziguye cyangwa butaziguye n’abajenosideri ba FDLR tubabona nk’ikibazo kitaziguye ku mutekano w’igihugu, ku busugire n’ubudahangarwa bwacyo.”

Yavuze ko icyemezo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyo guha imbunda imitwe y’itwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo gikomeje guteza umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC no mu Bihugu by’abaturanyi.

Yagize ati: “Uko gutiza umurindi amakimbirane byarushijeho gukaza umurego nyuma yaho ingabo z’u Burundi n’izo herejwe n’umuryango w’u bukungu w’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo (SADC)n’abacanshuro.

Nikenshi impuguke mu bya politiki zagiye zisaba ko leta ya Kinshasa yakwambura imbunda FDLR by’u mwihariko nk’umutwe wahungiye muri RDC nyuma yo gukora Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Muri abo babisaba harimo Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo, yavuze ko RDC ikwiye Kubahiriza amasezerano ya Sun City yasinywe hagati ya Kigali na Kinshasa muri 2003.

Alice Warimu Nderitu, umunjyanama wihariye w’u muryango w’Abibumbye mu gukumira genocide, na we yavuze ko leta ya Kinshasa ifite inshingano zo kubungabunga umutekano w’Abatutsi n’Abanyamulenge bakomeje kwibasirwa kubera abo bari bo.

Abarimo kandi na Julius Nyerere wabaye perezida wa Tanzania, ntiyahwemye kugaragaza ko Abatutsi Babanyamulenge bahohoterwa no kwamburwa uburenganzira bwabo kuri gakondo yabo.

Ku rundi ruhande ibyo byaganiriwe ho mu gihe umutekano ukomeje kurushaho kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC, ku bera intambara ihuza M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’abagifasha ku rwanya uwo mutwe.

          MCN.
Tags: AbayifashaByongye kwitwa ikibazoFDLR
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Moïse Katumbi wahoze ari Guverineri w’i Ntara ya Katanga, yatangaje ko igihugu cya RDC kiri mu bihe biteye ‘agahinda.’

Moïse Katumbi wahoze ari Guverineri w'i Ntara ya Katanga, yatangaje ko igihugu cya RDC kiri mu bihe biteye 'agahinda.'

Comments 1

  1. Chantalnyakirindo says:
    2 years ago

    Mbega we

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?