• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibihugu birimo u Rwanda na RDC birimubyo perezida Trump yadohoreye.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yadohoreye u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bijyanye n’imisoro ni mu gihe yaraye atangaje imisoro njira muri iki gihugu iturutse hirya no hino ku isi.

Iki cyemezo perezida Trump yagifashe mu rwego rwo kunganisha imisoro y’ibicuruzwa bituruka muri Amerika, byinjira mu bindi bihugu.

Ubwo uyu mukuru w’iki gihugu yatangazaga iriya misoro yise “Reciprocal Tariffs” muri White House ku munsi yise uwibwigenge, yavuze ko iriya misoro yazamuye ku bihugu byinshi iri mu rwego rwo kwihimura ku bihugu byari bimaze igihe byiba Amerika.

Nk’uko yabitangaje yagize ati: “Hari hashize imyaka myinshi igihugu cyacu cyibwa, gifatwa ku ngufu ndetse kikanasahurwa n’ibihugu bitwegereye ndetse n’ibya kure; yaba iby’inshuti ndetse n’iby’abanzi.”

Yavuze kandi ko “abategetsi b’abanyamahanga bibye imirimo yabo, ndetse ko n’ababeshyi b’ababanyamahanga basahuye inganda zabo. Ikindi ngo nuko abanyamahanga bashegeshe inzozi zahoze ari iz’Amerika.”

Trump yashimangiye ko icyemezo yafashe kigomba kuzana impinduka zikomeye mu mateka y’Amerika, ndetse kigashyira iherezo ku bitero yavuze ko igihugu cye cyari kimaze igihe kigabwaho.

Yagize ati: “Itariki ya kabiri z’ukwezi kwa Kane izahora yibukwa nk’umunsi uruganda rw’ Amerika rwavukiyeho bundi bushya, umunsi urwandiko rw’Amerika rwasubirijweho.”

Hagataho, imisoro mishya ku bicuruzwa byo mu mahanga byinjira muri Amerika Trump yavuze ko izatangira gukurikizwa ku itariki ya 09/04.

Yasobanuye ko mu kugena iriya misoro hagendewe ku yo ibihugu by’amahanga bisanzwe bica ibicuruzwa biva muri Amerika, ibyatumye na we abica kuri kimwe cya kabiri cy’amafaranga bisoresha ibicuruzwa byo muri Amerika.

Ati: “Tuzabica hafi kimwe cyakabiri cy’amafaranga badusoresha cyangwa ayo badusoresheje. Ibicuruzwa ntabwo bizangana neza n’ibyo badushyiriyeho. Nakabaye ari ko nabigenje, ariko ntekereza ko byari kugora ibihugu byinshi. Ibyo ntabwo tubishaka.”

Mu bihugu Trump yazamuriye imisoro birimo u Bushinwa, imisoro ku bicuruzwa bibuturukamo bijya muri Amerika yashyizwe kuri 34%.

Minisitiri w’imari wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Scott Bossent yavuze ko uyu musoro wiyongereye ku wa 20% Amerika yacaga ibicuruzwa biturutse mu Bushinwa ibivuze ko wahise ugera kuri 54%.

Umusoro ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bigize umuryango w’ubumwe bw’u Burayi wo washyinzwe kuri 20%, ibituruka muri Lesotho no muri Saint Pierre na Miquelon bisanzwe bisoresha ibicuruzwa by’Amerika 99% ushyirwa kuri 50%.

Naho ibicuruzwa bituraka muri Cambodge bizajya bisora 49%, Vietnam 46%, Mynmar 44%, Srilanka 42%, Laos 48%, Syria 41%, Bangladesh na Serbia 37%, Thailand 36%, Afrika y’Epfo 30%.

Congo n’u Rwanda n’ibindi bihugu byo muri Afrika y’i Burasizuba biri mubyo Trump yashyiriyeho umusoro muto, kuko bizajya bisora 10%. Ni amafaranga angana n’ayo ibicuruzwa byinjira muri ibi bihugu biturutse muri Amerika bisora.

RDC n’u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu birimo nk’u Bwongereza, Qatar, Ukraine, Maroc, Misiri, Arabie Saoudite, Leta Zunze ubumwe z’Abarabu, Australia, Turkiya, Bresil, Singapore, Nouvelle Zaeland n’ibindi, Trump yabidohoreye.

Ikindi nuko Trump yanze gushyiraho imisoro ku gihugu cya Mexique na Canada ngo kubera ko bisanzwe ari ibituranyi na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Tags: AmerikaImisoroRdcRwandaTrumpYadohoye
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Rwongeye kwambikana i Masisi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Rwongeye kwambikana i Masisi hagati ya m23 n'ihuriro ry'ingabo za Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?