Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibihugu byo mu Burayi, byasabye leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, kuganira na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 12, 2024
in Regional Politics
0
“Gutera u Rwanda, bisa no kwiyahura,” Lawrence Kanyuka, yaburiye Perezida Félix Tshisekedi, uhorana indirimbo mu kanwa ko azatera u Rwanda, rwa Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Bubiligi n’u Bufaransa, basabye Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi, kuganira n’u mutwe wa M23 kugirango bifashe u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo kubona amahoro.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni umwanzuro leta y’u Bubiligi n’u Bufaransa bafashe mugihe Perezida Félix Tshisekedi yamaze kwemerwa nk’u watsinze amatora y’umukuru w’igihugu muri RDC aho Urukiko rurengera itegeko Nshinga muri RDC ruheruka gutangaza ko ariwe wegukanye intsinzi y’amatora yo kw’itariki 20/12/2023.

Bityo rero ibi bihugu k’u wa Kane, tariki ya 11/01/2024, bagaragaje ko Tshisekedi wongeye gutorerwa kuyobora manda yakabiri ko agomba gushakira uburyo amahoro akarere k’u Burasirazuba bw’igihugu abereye umuyobozi.

U Bufaransa bagize bati : “Bijyanye n’u mwuka mubi w’intambara, mu Burasirazuba bwa RDC, u Bufaransa burashimangira ko bushigikiye intambwe zatewe n’uturere, zo gushigikira igisubizo binyuze munzira y’amahoro kandi arambye kuriki kibazo.”

Ubundi kandi leta y’u Bubiligi nayo yerekanye ko yishimiye intsinzi ya Félix Tshisekedi ina mwihanganangiriza kuganira na M23 kugira ngo amahoro n’u mutekano birambye bibashe kuboneka.

Ati: “Turasaba ubutegetsi bwa Kinshasa gukora ibyubaka biganisha ku mahoro.”

Ibi bibaye mugihe leta ya perezida Félix Tshisekedi, imaze igihe ikubita hirya nohino ishakisha imbaraga zo guhangana n’u mutwe wa M23.

Ni kenshi ubuyobozi bwa M23 bwo, bwa giye bugaragaza uko haba ikibahuza na leta ya Kinshasa bikarangira byanze.

Tags: KuganiraM23RdcU Bubiligiu Bufaransa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Ingaruka z'ifungwa ry'imipaka ihuza u Rwanda n'u Birundi, zageze no mu Banye-Kongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?