• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibikorwa bya Corneille Nangaa, harimo n’urugo rwe, i Kinshasa, byaraye by’ibasiriwe n’igisirikare ca RDC.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzu ya Corneille Nangaa, nayo yaraye isatswe n’itsinda ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ninyuma y’uko bari babanjye kuzenguruka i Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa, nayo ir’i Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyabaye ahagana isaha z’asaa ine(10:30 pm), ku masaha ya Kinshasa. Nk’uko biri n’uko rugikubita abasirikare benshi ba barirwa muri 50 cyangwa barenga bazengurutse Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa, abandi binjira imbere bagezemo basaba abakozi ba yikoramo gukora ibyabo vuba nabo bakaza gukora ibyabazanye.

Bagize bati: “Mutubangukire murangize ibyanyu natwe turi buze gukora ibyatuzanye.”

Nyuma yaho, ahagana isaha za saa tanu, z’ijoro irindi tsinda ry’Abasirikare ba bakomanda benshi berekeje ahari inzu ya Corneille Nangaa, ifite nimero 36, ikaba iherereye muri Komine ya Gombe, k’u murwa mukuru w’igihugu ca RDC, Kinshasa.

Amakuru dukesha ba mwe mu bakora munzego z’umutekano i Kinshasa, bahamirije Minembwe Capital News, ko icyari kigenderewe ko kwari ugukora umusako, ku bikorwa bya Corneille Nangaa, wahoze akuriye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Kuri ubu Corneille Nangaa, ari hanze y’igihugu aho amaze no gushinga umutwe wa politike ugamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

N’umutwe wa politike ufite n’Igisirikare, ariwo nyiribayazana wo gusaka ibikorwa bye biherereye i Kinshasa. Kugeza ubu ibyoba byononwe mur’iryo saka ntibirabasha kumenyekana.

Bruce Bahanda.

Tags: Byaraye by'ibasiriwe n'igisirikare ca RDCHarimo n'urugo rweHotel Castello y'u mudamuIbikorwa bya Corneille Nangaa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Abarimo Moïse Katumbi, bamaganye imbaraga za koreshejwe n'ubutegetsi bwa Kinshasa, mu guhagarika imyigaragambyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?