Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibikorwa bya Corneille Nangaa, harimo n’urugo rwe, i Kinshasa, byaraye by’ibasiriwe n’igisirikare ca RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 28, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzu ya Corneille Nangaa, nayo yaraye isatswe n’itsinda ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ninyuma y’uko bari babanjye kuzenguruka i Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa, nayo ir’i Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’ibyabaye ahagana isaha z’asaa ine(10:30 pm), ku masaha ya Kinshasa. Nk’uko biri n’uko rugikubita abasirikare benshi ba barirwa muri 50 cyangwa barenga bazengurutse Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa, abandi binjira imbere bagezemo basaba abakozi ba yikoramo gukora ibyabo vuba nabo bakaza gukora ibyabazanye.

Bagize bati: “Mutubangukire murangize ibyanyu natwe turi buze gukora ibyatuzanye.”

Nyuma yaho, ahagana isaha za saa tanu, z’ijoro irindi tsinda ry’Abasirikare ba bakomanda benshi berekeje ahari inzu ya Corneille Nangaa, ifite nimero 36, ikaba iherereye muri Komine ya Gombe, k’u murwa mukuru w’igihugu ca RDC, Kinshasa.

Amakuru dukesha ba mwe mu bakora munzego z’umutekano i Kinshasa, bahamirije Minembwe Capital News, ko icyari kigenderewe ko kwari ugukora umusako, ku bikorwa bya Corneille Nangaa, wahoze akuriye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Kuri ubu Corneille Nangaa, ari hanze y’igihugu aho amaze no gushinga umutwe wa politike ugamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

N’umutwe wa politike ufite n’Igisirikare, ariwo nyiribayazana wo gusaka ibikorwa bye biherereye i Kinshasa. Kugeza ubu ibyoba byononwe mur’iryo saka ntibirabasha kumenyekana.

Bruce Bahanda.

Tags: Byaraye by'ibasiriwe n'igisirikare ca RDCHarimo n'urugo rweHotel Castello y'u mudamuIbikorwa bya Corneille Nangaa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Abarimo Moïse Katumbi, bamaganye imbaraga za koreshejwe n'ubutegetsi bwa Kinshasa, mu guhagarika imyigaragambyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?