• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibikorwa by’ubucuruzi i Goma biri gukorwa neza, menya ibirambuye.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2025
in Regional Politics
0
Ibikorwa by’ubucuruzi i Goma biri gukorwa neza, menya ibirambuye.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibikorwa by’ubucuruzi i Goma biri gukorwa neza, menya ibirambuye.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Abakora ibikorwa by’ubucuruzi byambukiranya imipaka, aho ni hagati ya Goma na Rubavu mu Rwanda, aho babikora banyuze kuri Petite Barrière, biri gukorwa mu mutekano usesuye, bitandukanye na mbere y’uko umutwe wa M23 ufata umujyi wa Goma.

Ibi bikorwa bitangiye kugenda neza nyuma y’uko ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’izindi zifasha Leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23 zihunze uyu umujyi wa Goma ubundi ubohozwa n’uyu mutwe uyobowe na perezida Berterand Bisimwa.

Uyu mujyi mbere y’uko M23 iwirukanamo ingabo za RDC, Guverinoma y’iki gihugu yari yafunze umupaka wa Petite Barrière.

Ku wufunga, Leta yari yabikoze mu rwego rwo kugira ngo ikumire abaturage bo muri RDC bari bakomeje guhungira mu Rwanda kubera imirwano yarimo ibera muri Goma no mu nkengero zayo.

Ubwo M23 yafataga Goma, yahise itangira gucunga umutekano wayo n’uwo ku mupaka uhuza iki gice cya RDC n’u Rwanda.

Umutekano mwiza wongeye kugaruka muri Goma nyuma y’uko M23 yari imaze kuhafata, aho yahafashe tariki ya 27/01/2025.

Amakuru Minembwe.com imaze kwakira yizewe avuga ko umupaka wa Petite Barrière wongeye gufungurwa ndetse n’uruja n’uruza rw’abantu n’ibinyabiziga rwongeye kuhagaragara.

Ariko nk’uko aya makuru avuga uwo mupaka uzajya ukoreshwa igihe c’isaha z’igitondo na manywa, igihe c’isaha ya saa cyenda z’umugoroba ufungwe.

Abaturage bakaba baratangiye gusubukura ibikorwa byabo by’ubucuruzi n’ibindi kuva ku wa kabiri w’i Cyumweru gishize nyuma y’umunsi umwe M23 ifashe uwo mujyi.

Kurundi ruhande, abayobozi b’umutwe wa M23 baheruka gutangaza ko nyuma yo kwigarurira uwo mujyi wa Goma, urugamba rukomereje mu bindi bice, ngo kugeza i Kinshasa. Kandi ko bazashigwa aruko bakuyeho ubutegetsi bise bubi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Tags: GomaUbucuruzi
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.

George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?