Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 24, 2025
in Regional Politics
0
Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

U Bufaransa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye abaturage babyo guhunga bakava mu mujyi wa Goma, kugira ngo birinde ingaruka z’imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ni kuri uyu wa gatanu tariki ya 24/01/2025 ibi bihugu bikomeye byasabye abaturage babyo guhunga mu mujyi wa Goma.

Ni nyuma y’aho M23 yari yasohoye itangazo ivuga ko iri mu nzira yerekeza i Goma kujya kuhafata ngo kuko abahaturiye babyifuza.

Uyu munsi naho imirwano ikaze ihanganishije impande zombi, yabereye mu duce twa Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo n’imbere ya Mubambiro muri teritwari ya Masisi. Ibi akaba ari bice biherereye mu nkengero z’u mujyi wa Goma.

Kugeza ubu M23 iracyegenzura Sake na Mubambiro nyuma y’aho ifashe utwo duce ku munsi w’ejo hashize.

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, binyuze muri ambasaderi wayo i Kinshasa, kuri uyu wa gatanu yasabye Abanyamerika bari i Goma kujya ahantu hatekanye baka muri uwo mujyi.

Amerika kandi yasabye abaturage bayo kuba maso bakicungira umutekano, ikindi yabasabye kujya bitwaza ibyangombwa nkenerwa.

Iti: “Kubera umutekano udahagije muri Kivu y’Amajyaruguru, Guverinoma ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika nta gahunda ifite yo guha ubufasha abaturage ba Amerika, bijyanye no kuba kujya muri Kivu y’Amajyaruguru bibujijwe ku bakozi ba Guverinoma ya Amerika.”

Ikindi gihugu cyasabye abaturage bacyo guhunga umujyi wa Goma ni u Bufaransa.

Ibi bihugu bije byiyongera ku Bwongereza bwatanze ubutumwa nk’ubwo ahar’ejo tariki ya 23/01/2025.

Tags: AmerikaFranceGomaM23
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Kinshasa mu burakari bwinshi yavuze icyo igiye gukora nyuma y’aho yemeje urupfu rwa guverineri w’intara ya Kivu Yaruguru.

Kinshasa mu burakari bwinshi yavuze icyo igiye gukora nyuma y'aho yemeje urupfu rwa guverineri w'intara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?