• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
January 24, 2025
in Regional Politics
0
Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bihugu bi komeye byasabye abaturage babyo guhunga umujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

U Bufaransa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zasabye abaturage babyo guhunga bakava mu mujyi wa Goma, kugira ngo birinde ingaruka z’imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Ni kuri uyu wa gatanu tariki ya 24/01/2025 ibi bihugu bikomeye byasabye abaturage babyo guhunga mu mujyi wa Goma.

Ni nyuma y’aho M23 yari yasohoye itangazo ivuga ko iri mu nzira yerekeza i Goma kujya kuhafata ngo kuko abahaturiye babyifuza.

Uyu munsi naho imirwano ikaze ihanganishije impande zombi, yabereye mu duce twa Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo n’imbere ya Mubambiro muri teritwari ya Masisi. Ibi akaba ari bice biherereye mu nkengero z’u mujyi wa Goma.

Kugeza ubu M23 iracyegenzura Sake na Mubambiro nyuma y’aho ifashe utwo duce ku munsi w’ejo hashize.

Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, binyuze muri ambasaderi wayo i Kinshasa, kuri uyu wa gatanu yasabye Abanyamerika bari i Goma kujya ahantu hatekanye baka muri uwo mujyi.

Amerika kandi yasabye abaturage bayo kuba maso bakicungira umutekano, ikindi yabasabye kujya bitwaza ibyangombwa nkenerwa.

Iti: “Kubera umutekano udahagije muri Kivu y’Amajyaruguru, Guverinoma ya leta Zunze Ubumwe z’Amerika nta gahunda ifite yo guha ubufasha abaturage ba Amerika, bijyanye no kuba kujya muri Kivu y’Amajyaruguru bibujijwe ku bakozi ba Guverinoma ya Amerika.”

Ikindi gihugu cyasabye abaturage bacyo guhunga umujyi wa Goma ni u Bufaransa.

Ibi bihugu bije byiyongera ku Bwongereza bwatanze ubutumwa nk’ubwo ahar’ejo tariki ya 23/01/2025.

Tags: AmerikaFranceGomaM23
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Kinshasa mu burakari bwinshi yavuze icyo igiye gukora nyuma y’aho yemeje urupfu rwa guverineri w’intara ya Kivu Yaruguru.

Kinshasa mu burakari bwinshi yavuze icyo igiye gukora nyuma y'aho yemeje urupfu rwa guverineri w'intara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?