• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi bitavuzwe kuri FDLR ivugwa muri Rurambo.

minebwenews by minebwenews
November 30, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi bitavuzwe kuri FDLR ivugwa muri Rurambo.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi bitavuzwe kuri FDLR ivugwa muri Rurambo.

You might also like

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

Abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda gutinda kwabo muri Rurambo biva kukuba Leta y’u Burundi yarabangiye kwerekeza mw’ishyamba rya Kibira, ariko bikaba byari mu mwumvikano hagati y’impande zombi ndetse na RDC.

Ishyamba rya Kibira ni parike nkuru y’igihugu cy’u Burundi, iherereye mu majyaruguru ashyira uburenganzuba bw’iki gihugu, ikaba iri muri Bubanza intara ipakanye n’u Rwanda.

Kuva aho u Rwanda na RDC, mu biganiro bibahuriza i Luanda muri Angola bisinyanye amasezerano yo kumaraho FDLR burundu, u Burundi bwahise bwemerera mw’ibanga rikomeye uyu mutwe icyumbi mw’ishyamba rya Kibira.

Amasoko yacu atundukanye dukesha iy’inkuru yemeza ko muri icyo gihe interahamwe zahise ziva mu mashyamba ya Mwenga na Fizi zerekeza mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bikavugwa ko kwerekeza kwazo muri ibyo bice, byari mu rwego rwo gukomeza inzira y’i Burundi zigana muri Kibira.

Nyuma u Burundi na RDC byongeye guha ibwirizwa uyu mutwe wa FDLR kuguma muri Rurambo, hubwo abagore n’abana babo akaba aribo boherezwa mu ishyamba rya Kibira.

Ndetse mu cyumweru gishize, abo bagore b’interahamwe n’abana babo, boherejwe muri iryo shyamba, nk’uko aya makuru yagiye anatangazwa ku mbuga nyinshi.

Kimwecyo, kuva aho interahamwe zitangiye kugera ku bwinshi muri Rurambo mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka, hari amakuru yavugaga ko zigamije gutera u Rwanda ku bufatanye n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), n’ingabo z’u Burundi(FDNB).

Kandi ko u Burundi na RDC byabwiwe ko aka gace kwariko gatuma Twirwaneho ibona ubutabazi bikaba biri mu byatumye aba barwanyi bakomeje koherezwa hano aho kujanwa mu ishyamba rya Kibira.

Ni mu gihe n’ahar’ejo ahitwa mu Gitoga muri Rurambo, hakiriwe interahamwe nyinshi zaje ziturutse mu mashyamba yo muri teritware ya Mwenga na Fizi.

Amakuru avuga ko iz’interahamwe iyo zigeze muri Rurambo zakirwa n’imitwe yitwaje imbunda ikorana byahafi n’igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi, irimo Gumino yo kwa Nyamusaraba na Maï Maï yo kwa Rushaba.

Usibye kuba zarakiriwe n’iriya mitwe yombi ifatanyije n’igisirikare cy’u Burundi na FARDC zanahawe n’imyambaro yigisikare cy’u Burundi, n’iy’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Sibyo gusa kuko ubu zanahawe uduce zigenzura, nko ku misozi yo kuri Nyundo, Gitabo na Kidote. Gusa ahitwa kuri Kagabwe ho iz’interahamwe zivanze na Gumino, ingabo z’u Burundi na Maï Maï.

Hagati aho, kugeza ubu nta hantu ziracyokoza, cyangwa ngo zibe zagaba igitero, ariko abaturage baturiye ibyo bice bakomeje kugira ubwoba.

Tags: FDLRGuminoKibiraRurambo
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatwitse imbunda nini y’Ingabo z’u Burundi (FDNB), ya koreshwa...

Read moreDetails

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi Amakuru aturuka mu kibaya cya Rusizi, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeza ko Lieutenant-Colonel Athanase Minani, umwe mu...

Read moreDetails

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails
Next Post
FARDC na Maï Maï bafunze Abanyamulenge barenga 5 mu Cyohagati.

FARDC na Maï Maï bafunze Abanyamulenge barenga 5 mu Cyohagati.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?