• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibindi wa menya ku muyobozi wa Hamas wishwe, ndetse n’ibindi byakurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

minebwenews by minebwenews
July 31, 2024
in Regional Politics
0
Ibindi wa menya ku muyobozi wa Hamas wishwe, ndetse n’ibindi byakurikiraho nyuma y’urupfu rwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibindi wa menya ku muyobozi wa Hamas wishwe, ndetse n’ibindi byakurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe wa Hamas yemejwe n’abavugizi b’uyu mutwe wo muri Palestine, ndetse urupfu rwe rukaba rushobora gutuma intambara yo mu Ntara ya Gaza irushirizaho gukaza umurego.

Nk’uko ubuvugizi bw’uyu mutwe wa Hamas buvuga, nuko uriya muyobozi wishwe yarashwe ubwo yari avuye mu muhango wo kurahira kwa perezida mushya w’igihugu cya Iran.

Ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters, byo byatangaje ko kugeza ubu hari impungenge ko urupfu rw’umuyobozi wa Hamas, rushobora gutuma intambara imaze iminsi hagati ya Israel na Hamas ishobora kongera gukara. Ariko kugeza ubu ntacyo Israel iratangaza mu gihe ari yo ikekwa kuba ari yo yishe uwo muyobozi.

Ndetse kandi umuyobozi w’ungirije w’umutwe wa Hamas yashinje Israel ko “iri nyuma y’urupfu rw’umuyobozi wabo, ndetse ko iki gihugu gikabije kubashotora ariko ko bitazabaca intege bazakomeza inzira batangiye, kandi ko bizeye intsinzi.”

Nyuma yuko byari bimaze gutangazwa ko uri ya muyobozi wa Hamas yishwe, Iran yahise itangaza ko igisirikare cyayo kigiye guterana kugira ngo banzure icyo bagiye gukora ku rupfu rwa Haniyel, wari inshuti y’akadashoboka ya Iran.

Perezida wa Palestine, Muhmoud Abbas, yamaganye iyicwa ry’umuyobozi wa Hamas, Haniyel. Imitwe y’abarwanyi ba Palestine bigaruriye agace ka West Bank, nayo yamaganye iki gikorwa ndetse isaba ko haba imyigaragambyo.

Ubusanzwe Haniyel wabarizwaga muri Qatar, yahigwaga n’igihugu cya Israel kuko ari we wari uyoboye ibitero Hamas yagabye kuri iki gihugu tariki ya 07/10/2023 cyahitanye abaturage basaga 200 ba Israel.

Uyu Haniyel wari umuyobozi wa Hamas akaba yishwe nyuma yaho abahungu be batatu na bo baguye mu gitero cy’indege cya Israel.

        MCN.
Tags: Ibindi wa menyaIsraelUrupfu rwa Haniyel
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arembeye mu gihugu kiri hanze ya Afrika.

Byamenyekanye ko perezida Félix Tshisekedi arembeye mu gihugu kiri hanze ya Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?