Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibintu byongeye kurushaho kuzamba mu Minkenke, nyuma yibimaze gukorwa na FARDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 30, 2024
in Regional Politics
0
Ibintu byongeye kurushaho kuzamba mu Minkenke, nyuma yibimaze gukorwa na FARDC.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibintu byongeye kurushaho kuzamba mu Minkenke, nyuma yibimaze gukorwa na FARDC.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abanyamulenge 6 bari bashimutiwe mu Mikenke muri teritware ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bashimuswe n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije na Maï Maï, barekuwe nyuma yokubakubita bagahinduka intera. Bikaba byongeye gutuma ubwoba buba bwinshi muri aka gace.

Abari bashimuswe ni Bagaza, Muganga, Mfashingabo, Kumuntu n’umuhungu we, ndetse n’Umwengeri wabo.

Kuri uyu wa gatandatu igihe c’isaha z’igitondo nibwo bariya bagabo bashimuswe, bakaba bafashwe ubwo bari bajanye Inka zabo mu Mikarati.
Bivugwa ko iz’i nka ko bari bazihungishije abarwanyi bo mu mutwe wa Maï Maï bari bisutse mu Mikenke ari benshi, kandi ko kuza kwabo ari umusaada bari batanze ku ngabo za FARDC ziheruka kugaba igitero mu mahana wa Banyamulenge wo mu Kalingi kigasiga cishe abasivile.

Minembwe Capital News, amakuru imaze kwakira avuga ko aba bagabo, barekuwe mukanya gato hashize, ariko ko bakubiswe bahinduka ibikomere umubiri wose.

Ubuhamya bwanditse tumaze kwakira bugira buti: “Ba bantu bamaze kurekurwa. Ariko bahindutse ibisebe gusa! Nta nshusho bafite.”

Bukomeza bugira buti: “Rwose, byongeye gutuma haba ubwoba. Umutekano ni mubi hano mu Mikenke.”

Si ugukubitwa gusa, kuko bananyazwe n’ibyabo, bivugwa ko bambuwe inkweto n’imyenda yabo, barangije babaha inzira bagendesha ibirenge.

Ingabo za FARDC zikoze ibi mu gihe ku wa kane zishe Abanyamulenge bane, nyuma yokugaba igitero mu muhana wa Kalingi ho muri Minembwe.

Ibi bikaba byongeye gutuma ubwoba buba bwinshi ku baturiye i misozi miremire y’Imulenge.

Tags: FardcKuzambaMikenke
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Ruto kuri ubu uramutswa EAC yagize icyo abwira ibihugu bigize uwo muryango.

Perezida Ruto kuri ubu uramutswa EAC yagize icyo abwira ibihugu bigize uwo muryango.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?