Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ib’inyamakuru bitandukanye byagize ico bivuga kuruzinduko rwa Perezida Cyril Ramaphosa, i Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uruzinduko rwa Perezida wa Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa, i Kinshasa ibinyamakuru byagize ico b’ibitangaza ho.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yateguwe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 07/07/2023, saa 11:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe

Dusanga ibyinshi mu b’inyamakuru byasohotse kuri uyu wa gatanu i Kinshasa birashimishwa n’ikiganiro gihuriweho n’umukuru w’igihugu cya Congo Kinshasa, Félix Tshisekedi na mugenzi we wo muri Afrika y’Epfo Cyril Ramaphosa kubiganiro bakoranye bijanye n’umutekano ndetse n’ubukungu hagati y’ibihugu byombi.

Ikinyamakuru AfricaNews, kiti: “Perezida Tshisekedi, akomeje kunenga M23, mugihe Ramaphosa we ashimishwa nuko M23 yaganira n’a Kinshasa ndetse Ramaphosa arifuza ko muri RDC haba amatora yizewe.”

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko aba bayobozi bombi mukuganira ibijanye n’umutekano hamwe n’ubukungu byari mu rwego rwo kungurana ibitekerezo hagati ya Perezida wa RDC Félix Tshisekedi na mugenzi we wa Repubulika y’Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa.

Iyi nyandiko yerekana ko itangazo kuribyo biganiro rigenewe abanyamakuru rimaze kwemeza kohashizweho komisiyo ihuriweho n’ibihugu byombi zirebwa n’ubufatanye.

Hakaba harimo umutekano, ubukungu, imari, politiki n’ibikorwa.

Mu kiganiro n’abanyamakuru, Perezida Félix Tshisekedi na Cyril Ramaphosa bemeje ko bifuza cyane kurushaho kunoza ubufatanye bw’ibihugu byombi.

Mugihe bari babajijwe kubijanye n’imishyikirano ya Kinshasa na M23, nk’uko iki kinyamakuru kibitangaza, Perezida wa RDC yasobanuye ati: “Birazwi ko Kigali bashigikira M23 nubwo babihakana ndetse na raporo zitandukanye z’impuguke z’umuryango w’abibumbye. Iki gihugu gishora intambara kuri RDC kugira ngo babone uko bagaburira igihugu cyabo.”

Perezida Cyril Ramaphosa, we yavuze kumatora, avuga ko yizeye ko amatora azabamo “amahoro,” kandi mu mucyo.

Aha kandi Perezida Félix Tshisekedi yongeye kwanga gushyikirana n’u Rwanda na M23,aho yavuze ko RDC bayigabyeho igitero.

Ati: “Ikigaragara ni uko u Rwanda muri ibyo bitero nimvururu mugihe bizamba muri RDC bo babyungukiramo cyane ndetse no mu bukungu.”

Nk’uko iki kinyamakuru kibitangaza, Perezida Félix Tshisekedi yatangaje neza ko yanze gushyikirana n’igihugu cy’abagizi ba nabi kigaba ibitero byinshi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ikinyamakuru cyo cya L’Avenir, ati: “Muri ubwo buryo bwo kungurana ibitekerezo n’abanyamakuru, Félix Tshisekedi yasobanuye ko yanenze ingabo z’Afrika y’iburasirazuba, ariko ko atigeze yanga izo ngabo ku bijyanye n’imyitwarire yazo numutwe wa M23.”

“Ikibabaje ni uko itsinda ry’Afrika y’Iburasirazuba(EAC) ritubahirije inshingano zabo muburasirazuba bwa Rdc.”

Igihe ingabo za Kenya na Uganda zoherejwe, nk’uko Félix Tshisekedi abisobanura zakoze ubufatanye n’inyeshyamba.

Ariko kuva icyo gihe twagize ibiganiro byukuri muri Leta ya Congo kandi dufite izindi gahunda.

Naho imbaraga za SADC, Félix Antoine Tshisekedi yagize ati: “Ntabwo twasabye inkunga ya SADC. Ariko ugomba kumenya ko muri SADC, hari inshingano zubufatanye. Ntidukeneye no gusaba ubu bufasha. Gusa muri SADC, iyo umunyamuryango umwe y’ibasiwe, abandi bafite inshingano zokumutabara.”

Aba ba Perezida bombi, mugosoza uru ruzinduko bemeje ubufatanye hagati y’ibihugu byombi Congo Kinshasa n’a Afrika y’Epfo, bemezanya nogushiraho masezerano y’ubwumvikane, aho bibanze cyane ku birombe byamabuye yagaciro, k’uko iki kinyamakuru kibitangaza.

Hateganijwe kuriyi ngingo, yerekana iyi nyandiko, ko ibikoresho bigera Ku 315 bizova Afrika y’Epfo byoherezwe RDC kugirango bikoreshwe mugutunganya Zahabu ndetse bikore nimihanda.

EcoNews, yo yavuze ko Perezida wa Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, amasaha 48 yamaze muri RDC , yigaragaza nk’umufatanyabikorwa umaze igihe, atariko yarimubikorwa by’ubucuruzi kandi ngo yifuza gukorana na Kinshasa kubijanye n’ubucuruzi.

Iki kinyamakuru cya EcoNews, gikomeza kivuga ko Cyril Ramaphosa ko atigeze asuzugura amagambo ya Perezida Félix Tshisekedi.

Ikindi bunzemo bavuze ko perezida wa Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, ko yavuzeko ibiganiro by’a Kinshasa n’a M23 aribyo byotanga amahoro Muburasirazuba bw’ikigihugu.

Ati: “Perezida Tshisekedi ntabwo yigeze arwanya kohaba ibiganiro hagati ye n’a M23 ahubwo asanga haribindi b’ibyihishe inyima.”

Tags: Afrika y'EpfoCyril RamaphosaKinshasaRdcUruzinduko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Muruyu mwaka wa 2023, Shampiyona ya Congo Kinshasa izongera ikinwe mu buryo bwa kera bwo gukina mu matsinda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?