• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiro bikuru by’ishyaka rya PPRD byasahuwe.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Regional Politics
0
I Kinshasa ibintu byatangiye guhindura isura, nyuma y’aho Kabila ageze i Goma.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiro bikuru by’ishyaka rya PPRD byasahuwe.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Ibiro bikuru by’ishyaka rya Joseph Kabila Kabange, PPRD, byasahuwe n’abanye-kongo bakorera mu kwaha k’u butegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi wa Congo Kinshasa.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 23/04/2025, ni bwo Abanye-Congo bigabije ibiro bikuru bya PPRD barabisahura.

Amashusho yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga yerekana Abanye-Congo bagabye igitero ku cyicaro gikuru cy’iri shyaka rya Joseph Kabila giherereye muri komine ya Gombe i Kinshasa.

Ni amashusho yagaragazaga ko abarimo basahura bari abayoboke b’ishyaka riri ku butegetsi rya UDPS riyobowe na perezida Felix Tshisekedi, aho anagaragaza kandi basahuraga ibikoresho birimo intebe ndetse n’ameza n’ibindi.

Icyicaro gikuru cy’iri shyaka rya Joseph Kabila, gisahuwe nyuma y’aho Olive Lembe, muka Joseph Kabila atangaje ko abasirikare bo mu ngabo za Congo ku wa gatandatu bateye urugo rwe ruri ahitwa Kundelingu, bagasahura ibikoresho birimo za mudasobwa na telephone z’abakozi.

Kabila, umuryango we ndetse n’ishyaka rye bakomeje kugabwaho ibitero, nyuma y’iminsi mike Leta ya Congo itangaje ko igiye gutangira kumukurikirana mu butabera imushinja ubugambanyi bwo mu rwego rwo hejuru.

Imushinja kandi gutera inkunga umutwe wa M23 uri mu ntambara nayo; ibyo Kabila n’uyu mutwe bakunze gutera utwatsi.

Usibye nibyo, iyi Leta y’i Kinshasa iheruka gutangaza ko izamufatira imitungo ye yose yaba iyimukanwa n’itimukanwa, ndetse kandi ngo igahagarika ibikorwa bya PPRD byo kubutaka muri RDC.

Ibyo kandi Leta ikomeje kubikora, nyuma y’aho Joseph Kabila atashye mu gihugu cye avuye mu buhungiro, aho yahise ahitira i Goma mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Tags: Kabila
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.

AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa bagize icyo bumvikanaho i Doha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?