• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibisasu biremereye by’ihuriro by’ingabo za RDC, byo ngeye kuraswa mu baturage i Masisi.

minebwenews by minebwenews
February 24, 2024
in Regional Politics
0
Ibisasu biremereye by’ihuriro by’ingabo za RDC, byo ngeye kuraswa mu baturage i Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu biremereye by’i huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa byarashwe mu baturage i Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 24/02/2024, ibisasu biremereye bya barwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bya tewe ahatuwe n’abaturage benshi mu nkengero za Sake no muri centre hagati, nk’uko iy’inkuru yavuzwe n’abaturiye ibyo bice.

Ni amakuru kandi yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, akoresheje urubuga rwa X, yavuze ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, n’abafatanya bikorwa babo aribo FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC ko bongeye gusubukura kurasa ibisasu biremereye mu baturage.

Inyandiko za Kanyuka zivuga ko ibyo bisasu ko biri kwangiriza ibikorwa remezo by’abaturage, harimo ko bisenya, bikanica amatungo y’abaturage, ndetse bikangiriza n’imirima y’abaturage.

Ibi bisasu by’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatewe kandi mu baturage baturiye Grupema ya Kamuronza, ariho Centre ya Sake ibarizwamo, ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 23/02/2024, aho bivugwa ko byangirije imihanda n’amazu y’abaturage.

Umutwe wa M23 wakunze kuvuga cyane ko utazihanganira abaturage ko bakomeza kwicwa n’imbunda ziraswa n’ihuriro ry’Ingabo za Félix Tshilombo, muri icyo gihe bavuga ko nta yandi mahitamo basigaranye “usibye gufata mpiri ziriya mbunda no gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

Centre ya Sake kuri ubu iragenzurwa n’ingabo za Major Gen Sultan Makenga, zi ka genzura kandi n’ibice byose by’iyi centre no mu nkengero zaho.

Inyandiko Kanyuka yashize hanze uy’u munsi yasoje avuga ko M23/AFC, ikomeje kurwana kinyamwuga kandi ikarwanirira n’abaturage baturiye i bice bigenzurwa n’uwo mutwe.

         MCN.
Tags: Biri kuraswa mu baturageIbisasu biremereye by'ihuriro ry'Ingabo za RDCMasisiSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Leta y'u Burundi yongeye gufunga abasirikare babo ba barirwa mu magana, bazira kwanga kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?