Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 14, 2025
in World News
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

You might also like

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere.

Ubwo ibisasu byaraswaga kuri Israel hari igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14/06/2025.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel, Avichay Adraee yemeje ko zimwe mu nyubako zagizweho ingaruka, ngo kuko zafashwe n’ibishashi by’umuriro byarimo bipfubya n’igisirikare cya Israel.

Ibi bisasu Iran yabiteraga ibyerekeza i Tel Aviv ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Israel. Ibyinshi muri ibyo bisasu byari bya misile ballestic.

Inyandiko igisirikare cya Israel cyashyize hanze ubwo ibyo bisasu byamanukaga ku butaka bw’igihugu cyabo, zigira ziti: “IDF ntizigera yemerera Iran kurasa ku baturage bacu. Turi kubipfubya.”

Miliyoni z’abaturage ba Israel zahungaga zerekeza mu nyubako z’ubuhungiro.

Nk’uko ubuyobozi bw’ingabo za Iran zabitangaje, zagaragaje ko aho ibisasu byabo biri guterwa ari ahubatse ibikorwaremezo by’ingufu n’ibindi bijyanye n’ubucuruzi.

Ibi bisasu, ibyinshi muribyo byamanukaga mu mujyi wa Ramat Gan muri Tel Aviv ahari zimwe mu nganda n’ibikorwa remezo bikomeye.

Minisitiri w’ingabo za Israel, Katz, yagize ati: “Iran yarenze umurongo utukura irasa ibisasu mu bice birimo abasivili. Igomba kwirengera ingaruka ziremereye.”

Iran yagabye ibi bitero, nyuma y’aho Israel yari yayigabyeho igitero gikaze, kandi mu kukigaba yibanda cyane kubikorwaremezo by’ingufu za nucléaire.

Nyuma yabwo, Amerika yahise itangaza ko izakomeza gushyigikira Israel.

Ndetse biranavugwa ko Israel mu gupfubya biriya bisasu, Amerika yayifashije cyane.

Tags: IbisasuIranIsraelNk'imvura
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza. Mu buryo bwo kwihimura, Iran yohereje muri Israel drones zirenga 100 na za misile,...

Read moreDetails

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye. Abayobozi b'Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n'igisirikare cya Israel muri icyo gihugu. Ni igitero Israel...

Read moreDetails

Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Uwarokotse mu mpanuka y'indege ya Air India. Umuntu umwe ni we warokotse impanuka y'indege ya Air India yaritwaye abagenzi 243, aho iyi ndege yakoze impanuka ikomeye, nyuma y'aho...

Read moreDetails

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye.

Indege ya Air India yaritwaye abantu yakoze impanuka ikomeye. Mu Buhinde habereye impanuka idasanzwe y'indege yaritwaye abantu 242 nyuma y'aho yarimaze akanya gato imaze gufata ikirere. Uyu munsi...

Read moreDetails

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye.

Amatora yatangajwe ejo ku wa gatatu mu Burundi, aravugwamo uburiganya bukomeye. Ishyaka rya CNDD-FDD rya perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ryikubiye imyanya yose mu nteko ishinga amategeko, ni...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za Congo za teye mu ijoro mu bice by'i Mulenge zakubiswe ahababaza.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?