• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, December 1, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

minebwenews by minebwenews
June 14, 2025
in World News
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

You might also like

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere.

Ubwo ibisasu byaraswaga kuri Israel hari igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14/06/2025.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel, Avichay Adraee yemeje ko zimwe mu nyubako zagizweho ingaruka, ngo kuko zafashwe n’ibishashi by’umuriro byarimo bipfubya n’igisirikare cya Israel.

Ibi bisasu Iran yabiteraga ibyerekeza i Tel Aviv ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Israel. Ibyinshi muri ibyo bisasu byari bya misile ballestic.

Inyandiko igisirikare cya Israel cyashyize hanze ubwo ibyo bisasu byamanukaga ku butaka bw’igihugu cyabo, zigira ziti: “IDF ntizigera yemerera Iran kurasa ku baturage bacu. Turi kubipfubya.”

Miliyoni z’abaturage ba Israel zahungaga zerekeza mu nyubako z’ubuhungiro.

Nk’uko ubuyobozi bw’ingabo za Iran zabitangaje, zagaragaje ko aho ibisasu byabo biri guterwa ari ahubatse ibikorwaremezo by’ingufu n’ibindi bijyanye n’ubucuruzi.

Ibi bisasu, ibyinshi muribyo byamanukaga mu mujyi wa Ramat Gan muri Tel Aviv ahari zimwe mu nganda n’ibikorwa remezo bikomeye.

Minisitiri w’ingabo za Israel, Katz, yagize ati: “Iran yarenze umurongo utukura irasa ibisasu mu bice birimo abasivili. Igomba kwirengera ingaruka ziremereye.”

Iran yagabye ibi bitero, nyuma y’aho Israel yari yayigabyeho igitero gikaze, kandi mu kukigaba yibanda cyane kubikorwaremezo by’ingufu za nucléaire.

Nyuma yabwo, Amerika yahise itangaza ko izakomeza gushyigikira Israel.

Ndetse biranavugwa ko Israel mu gupfubya biriya bisasu, Amerika yayifashije cyane.

Tags: IbisasuIranIsraelNk'imvura
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi

Perezida wa Israel Herzog yageze i Kinshasa, yakirwa na Tshisekedi Perezida w’igihugu cya Israel, Isaac Herzog, yageze i Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11/11/2025, mu ruzinduko...

Read moreDetails

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka

Abantu batari bake bahitanywe n’iturika rikomeye ryabereye i Islamabad, abandi barakomereka Mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad, habaye iturika rikomeye ryibisasu ryahitanye abantu 12, abandi 20 barakomereka, nk’uko...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za Congo za teye mu ijoro mu bice by'i Mulenge zakubiswe ahababaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?