• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 14, 2025
in World News
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere.

Ubwo ibisasu byaraswaga kuri Israel hari igihe c’isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 14/06/2025.

Umuvugizi w’igisirikare cya Israel, Avichay Adraee yemeje ko zimwe mu nyubako zagizweho ingaruka, ngo kuko zafashwe n’ibishashi by’umuriro byarimo bipfubya n’igisirikare cya Israel.

Ibi bisasu Iran yabiteraga ibyerekeza i Tel Aviv ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Israel. Ibyinshi muri ibyo bisasu byari bya misile ballestic.

Inyandiko igisirikare cya Israel cyashyize hanze ubwo ibyo bisasu byamanukaga ku butaka bw’igihugu cyabo, zigira ziti: “IDF ntizigera yemerera Iran kurasa ku baturage bacu. Turi kubipfubya.”

Miliyoni z’abaturage ba Israel zahungaga zerekeza mu nyubako z’ubuhungiro.

Nk’uko ubuyobozi bw’ingabo za Iran zabitangaje, zagaragaje ko aho ibisasu byabo biri guterwa ari ahubatse ibikorwaremezo by’ingufu n’ibindi bijyanye n’ubucuruzi.

Ibi bisasu, ibyinshi muribyo byamanukaga mu mujyi wa Ramat Gan muri Tel Aviv ahari zimwe mu nganda n’ibikorwa remezo bikomeye.

Minisitiri w’ingabo za Israel, Katz, yagize ati: “Iran yarenze umurongo utukura irasa ibisasu mu bice birimo abasivili. Igomba kwirengera ingaruka ziremereye.”

Iran yagabye ibi bitero, nyuma y’aho Israel yari yayigabyeho igitero gikaze, kandi mu kukigaba yibanda cyane kubikorwaremezo by’ingufu za nucléaire.

Nyuma yabwo, Amerika yahise itangaza ko izakomeza gushyigikira Israel.

Ndetse biranavugwa ko Israel mu gupfubya biriya bisasu, Amerika yayifashije cyane.

Tags: IbisasuIranIsraelNk'imvura
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru yateye icyikango abatuye i Kaziba.

Ingabo za Congo za teye mu ijoro mu bice by'i Mulenge zakubiswe ahababaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?