• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero biremereye n’ibyo biramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Ibitero biremereye n’ibyo biramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, haramukiye ibitero by’i huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibitero by’ibasiriye ibirindiro bya M23 biri mu gace kitwa Mabenga, ho muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, ibindi bitero bikomeye byagabwe Mweso, muri teritware ya Masisi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Imbunda ziremereye n’izito, zatangiye kumvikana ahagana isaha zurukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024.

Ni bya nemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka aho yakoresheje urubuga rwe rwa X, yamagana ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, avuga ko abarimo FDLR, Abacanshuro, ingabo zu Burundi, Wazalendo na SADC ko bazindutse batera ibisasu biremereye ahatuwe n’abaturage benshi, ndetse n’ahari ibirindiro byabo.

Kanyuka yavuze ko ibyo bitero byibasiriye abasivile baturiye Mweso, Mabenga no mu nkengero zigize ibi bice.

Muri ubwo butumwa bwatanzwe na Lawrence Kanyuka busaba ingabo za MONUSCO guhagarika guha ubufasha imitwe y’iterabwoba ya FDLR na Wazalendo bica abasivile binzirakarengane.

Kanyuka yibukije kandi imiryango mpuzamahanga kudacyecyeka mu gihe hari abaturage ba Banyekongo ubuzima bwabo bukomeje guhonyangwa, kandi bikozwe n’ihuriro ry’ingabo zirwana kuruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iy’i mirwano ibaye mu gihe hari amakuru avuga ko abacanshuro batakivuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bivugwa ko Kinshasa ibashinja gutererana igisirikare cya Congo mu rugamba bahanganyemo na M23.

Bityo hakaba hamaze guhunga abacanshuro benshi, bava mu Mujyi wa Goma, bamwe mu bahunze berekeza za Romania n’ahandi.

         MCN.
Tags: IbireroIhuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaM23MabengaMweso
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bayobozi bagize umutwe wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ku cyakorwa kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Umwe mu bayobozi bagize umutwe wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ku cyakorwa kugira amahoro n'umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?