Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitero biremereye n’ibyo biramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Ibitero biremereye n’ibyo biramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, haramukiye ibitero by’i huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

N’ibitero by’ibasiriye ibirindiro bya M23 biri mu gace kitwa Mabenga, ho muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, ibindi bitero bikomeye byagabwe Mweso, muri teritware ya Masisi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Imbunda ziremereye n’izito, zatangiye kumvikana ahagana isaha zurukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024.

Ni bya nemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka aho yakoresheje urubuga rwe rwa X, yamagana ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, avuga ko abarimo FDLR, Abacanshuro, ingabo zu Burundi, Wazalendo na SADC ko bazindutse batera ibisasu biremereye ahatuwe n’abaturage benshi, ndetse n’ahari ibirindiro byabo.

Kanyuka yavuze ko ibyo bitero byibasiriye abasivile baturiye Mweso, Mabenga no mu nkengero zigize ibi bice.

Muri ubwo butumwa bwatanzwe na Lawrence Kanyuka busaba ingabo za MONUSCO guhagarika guha ubufasha imitwe y’iterabwoba ya FDLR na Wazalendo bica abasivile binzirakarengane.

Kanyuka yibukije kandi imiryango mpuzamahanga kudacyecyeka mu gihe hari abaturage ba Banyekongo ubuzima bwabo bukomeje guhonyangwa, kandi bikozwe n’ihuriro ry’ingabo zirwana kuruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iy’i mirwano ibaye mu gihe hari amakuru avuga ko abacanshuro batakivuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bivugwa ko Kinshasa ibashinja gutererana igisirikare cya Congo mu rugamba bahanganyemo na M23.

Bityo hakaba hamaze guhunga abacanshuro benshi, bava mu Mujyi wa Goma, bamwe mu bahunze berekeza za Romania n’ahandi.

         MCN.
Tags: IbireroIhuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaM23MabengaMweso
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bayobozi bagize umutwe wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ku cyakorwa kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Umwe mu bayobozi bagize umutwe wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ku cyakorwa kugira amahoro n'umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?